BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 3, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

admin
Last updated: November 6, 2025 12:20 pm
admin
Share
SHARE

Umusifuzi uri mu bakiri bato  Kayitare David, ni we wahawe gusifura umukino utegerejwe na benshi wa APR FC na Rayon Sports.

Ku wa Gatandatu saa Cyenda ni bwo ikipe ya APR FC izakira Rayon Sports mu mukino wo ku mumsi wa karindwi wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ya 2025/2026 muri Stade Amahoro.

Umusifuzi uzaba ari hagati ni Kayitare David, uwo ku ruhande wa mbere ni Dieudonne Mutuyimana, mu gihe uwa kabiri wo ku ruhande ari Ishimwe Didier. Umusifuzi wa kane ni Isia’q Nizeyimana.

Kayitare David uzaba ari umusifuzi wa mbere ni ubwa mbere agiye gusifura uyu mukino dore ko atari yaba na mpuzamahanga. Uyu musifuzi ukiri muto gusa akaba atanga icyizere ni umwaka wa kabiri asifura mu cyiciro cya mbere nyuma y’uko avuye mu cya kabiri.

Kayitare David ahawe gusifura umukino wa APR FC na Rayon Sports nyuma y’uko abasanzwe ari mpuzamahanga harimo abadahari mu gihe Ishimwe Claude ‘Cucuri’ ari mu bihano.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Walikale: AFC/M23 yisubije Buhimba

Abarwanyi b’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bisubije…

Abagaragaye bahondagura umukobwa mu muhanda batawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abasore babiri bagaragaye mu…

Iburasirazuba: Mu mwaka inzoga zitujuje ubuziranenge zishe abantu 22

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu mwaka umwe mu Ntara y’Iburasirazuba inzoga…

Ngarambe Romeo yagizwe Umuyobozi Mukuru wa CMA

Ngarambe yatangiye izi nshingano mu gihe uru rwego rukomeje gushyira mu bikorwa…

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryanenzwe bikomeye n’umutoza wa Gorilla FC,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
Imikino

Camarade ari mu mazi abira nyuma yo gutangariza perezida wa Gorilla FC

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?