BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Sep 18, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Kinshasa : Abakozi bakora ku kibuga cy’indege bakomeje gufungwa bazira guheza mu kirere indege yaperezida

Kinshasa : Abakozi bakora ku kibuga cy’indege bakomeje gufungwa bazira guheza mu kirere indege yaperezida

sam
Last updated: September 12, 2025 10:00 am
sam
Share
SHARE

Abakozi benshi bakora ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Ndjili i Kinshasa bakomeje kwitaba inzego z’umitekano kubera guheza mu kirere indege itwaye Perezida Felix Tshisekedi.

Amakuru aturuka I Kinshasa avuga ko bamwe mu bakozi b’iki kibuga cy’indege bashinzwe kuyobora indege bamaze huhatwa ibibabazo ndetse no gufungwa.

Indege ya ‘DRC001’ yari itwaye Perezida Tshisekedi yageze mu kirere cy’i Kinshasa mu ijoro ryo ku wa 10 rishyira uwa 11 Nzeri 2025, ubwo yari avuye mu ruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriraga muri Kazakhstan.

Umuyobozi w’urwego rushinzwe ingendo zo mu kirere (RVA), Ngoma Mbaki Léonard, yasobanuye ko ubwo iyi ndege yasatiraga iki kibuga, umuriro w’amashanyarazi wabuze, biba ngombwa ko indege nyinshi zijya kugwa i Brazaville muri Repubulika ya Congo.

Bikekwa ko ibura ry’umuriro w’amashanyarazi ku kibuga cy’indege cya Ndjili ryatewe n’uburangare bw’ubuyobozi, kuko mbere hagombaga kuba harateguwe ingufu z’ingoboka mu gihe habaye ikiba

zo.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Museveni yategetse ko ibigo by’amashuri bitagira ibibuga bya siporo byimwa impushya

Perezida wa Uganda,Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko nta shuri ryo mu gihugu…

Kinshasa : Abakozi bakora ku kibuga cy’indege bakomeje gufungwa bazira guheza mu kirere indege yaperezida

Abakozi benshi bakora ku kibuga cy'indege mpuzamahanga cya Ndjili i Kinshasa bakomeje…

Umwe mu basore bagaragaye bakorera umukobwa ubugome bukabije yacakiwe

InPolisi y'u Rwanda yemeje ko yamaze gufata umwe mu basore batatu bagaragaye…

Urubyiruko ruri kwisonga mu bagerageza kwiyahura mu Rwanda

Ku wa 10 Nzeri 2024, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose mu kwizihiza…

Polisi y’u Rwanda yemeje ifungwa ry’abahanzi Ariel Wayz na Babo

Ubuyobozi bwa polisi y'u Rwanda bwemeje koabahanzi Barbara Horn Teta wamamaye nka…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Ethiopia yatashye urugomero rwa mbere runini muri Afurika

4 Min Read
Mu mahanga

Indonesia: Abaminisitiri batanu birukanywe nyuma y’imyigaragambyo yaguyemo abantu 10

2 Min Read
Mu mahanga

DRC yasabye MONUSCO kuguma muri iki gihugu 

2 Min Read
Mu mahanga

Intambara iri mu burasirazuba bwa DRC ikomeje gukoma mu nkokora uburezi bwaho

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?