BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jan 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Kinshasa : Abakozi bakora ku kibuga cy’indege bakomeje gufungwa bazira guheza mu kirere indege yaperezida

Kinshasa : Abakozi bakora ku kibuga cy’indege bakomeje gufungwa bazira guheza mu kirere indege yaperezida

sam
Last updated: September 12, 2025 10:00 am
sam
Share
SHARE

Abakozi benshi bakora ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Ndjili i Kinshasa bakomeje kwitaba inzego z’umitekano kubera guheza mu kirere indege itwaye Perezida Felix Tshisekedi.

Amakuru aturuka I Kinshasa avuga ko bamwe mu bakozi b’iki kibuga cy’indege bashinzwe kuyobora indege bamaze huhatwa ibibabazo ndetse no gufungwa.

Indege ya ‘DRC001’ yari itwaye Perezida Tshisekedi yageze mu kirere cy’i Kinshasa mu ijoro ryo ku wa 10 rishyira uwa 11 Nzeri 2025, ubwo yari avuye mu ruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriraga muri Kazakhstan.

Umuyobozi w’urwego rushinzwe ingendo zo mu kirere (RVA), Ngoma Mbaki Léonard, yasobanuye ko ubwo iyi ndege yasatiraga iki kibuga, umuriro w’amashanyarazi wabuze, biba ngombwa ko indege nyinshi zijya kugwa i Brazaville muri Repubulika ya Congo.

Bikekwa ko ibura ry’umuriro w’amashanyarazi ku kibuga cy’indege cya Ndjili ryatewe n’uburangare bw’ubuyobozi, kuko mbere hagombaga kuba harateguwe ingufu z’ingoboka mu gihe habaye ikiba

zo.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umwaka wa 2025 waciye agahigo mu bushyuhe bukabije

Abashakashatsi ku mihindagurikire y’ibihe bemeje ko umwaka wa 2025 waciye agahigo ko…

Perezida Kagame yakiriye impapuro za Ambasaderi mushya wa Qatar n’uw’u Buyapani

Perezida Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi babiri bashya guhagararira ibihugu byabo…

U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza 

Rwanda rwohereje muri Jamaica itsinda ry’abasirikare bazafasha iki gihugu gusana ibikorwaremezo byangijwe…

Uganda: Imyiteguro y’amatora irarimbanyije, umutekano wakajijwe mu mijyi yose

Iminsi irabarirwa ku ntoki muri Uganda mbere y’amatora rusange yo ku itariki…

Perezida Tshisekedi yasuye Gnassingbé

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagiriye uruzinduko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

U Budage: Umuforomo yishe abarwayi agamije kwiyorohereza akazi

2 Min Read
Mu mahanga

Tanzania: Igipolisi cyatangiye gusenyera impunzi z’Abarundi mu nkambi

1 Min Read
Mu mahanga

Kinshasa: Abakekwaho ubujura barenga ibihumbi 7 bafunzwe

1 Min Read
Mu mahanga

U Bufaransa: Abantu 10 bakatiwe n’urukiko bazira kwibasira umugore wa Perezida

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?