BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Sep 18, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Umutekano > Umwe mu basore bagaragaye bakorera umukobwa ubugome bukabije yacakiwe

Umwe mu basore bagaragaye bakorera umukobwa ubugome bukabije yacakiwe

sam
Last updated: September 12, 2025 9:38 am
sam
Share
SHARE

InPolisi y’u Rwanda yemeje ko yamaze gufata umwe mu basore batatu bagaragaye bambura umukobwa ndetse banamutemagura bakoresheje umuhoro.

Ni nyuma y’uko Polisi y’uko itangaje ko yatangiye gushaka abasore batatu bagaragaye mu mashushusho bakorera uyu mukobwa ibikorwa bya kinyamanswa.

Polisi yagize iyi”Turabamenyesha ko umwe mubagaragaye mu mashusho aho abantu batatu bakoreraga umuturage igikorwa cy’ubugome yafashwe. Gushakisha abandi babiri barihamwe birakomeje”

Ibi byabaye mu ijoro ryo ku wa 11 Nzeri 2025, bibera mu Kagari ka Rwampala mu Karere ka Nyarugenge.

Bamwe mu baturage bo muri aka kagari bagaragaza ko umutekano wabo uri mu kangaratete kuko hateye abasore benshi bakoresha ibiyobyabwenge ndetse bakanambura.

Polisi y’u Rwanda kandi imaze iminsi yarahagurukiye ibikorwa by’urugomo nk’ibi n’ubujura, aho mu bihe bitandukanye yagiye ifatira mu mukwabu abakurikiranyweho ibi bikorwa.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Museveni yategetse ko ibigo by’amashuri bitagira ibibuga bya siporo byimwa impushya

Perezida wa Uganda,Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko nta shuri ryo mu gihugu…

Kinshasa : Abakozi bakora ku kibuga cy’indege bakomeje gufungwa bazira guheza mu kirere indege yaperezida

Abakozi benshi bakora ku kibuga cy'indege mpuzamahanga cya Ndjili i Kinshasa bakomeje…

Umwe mu basore bagaragaye bakorera umukobwa ubugome bukabije yacakiwe

InPolisi y'u Rwanda yemeje ko yamaze gufata umwe mu basore batatu bagaragaye…

Urubyiruko ruri kwisonga mu bagerageza kwiyahura mu Rwanda

Ku wa 10 Nzeri 2024, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose mu kwizihiza…

Polisi y’u Rwanda yemeje ifungwa ry’abahanzi Ariel Wayz na Babo

Ubuyobozi bwa polisi y'u Rwanda bwemeje koabahanzi Barbara Horn Teta wamamaye nka…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Umutekano

DRCongo: Gen.Gasita yahungishijwe abazalendo

1 Min Read
Umutekano

AFC/M23 yigaruriye imidugudu umunani muri Masisi

1 Min Read
Umutekano

Hamenyekanye imibare y’abamaze gupfira mu myigaragambyo ya Wazalendo yamagana Gen Gasita wa FARDC

2 Min Read
Umutekano

FARDC NA Wazalendo bakomeje kumvana imitsi muri Uvira

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?