BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Nestor Ntahontuye, yarahiriye kuyobora Guverinoma nshya nka Minisitiri w’Intebe mu Burundi.

Nestor Ntahontuye, yarahiriye kuyobora Guverinoma nshya nka Minisitiri w’Intebe mu Burundi.

sam
Last updated: August 6, 2025 9:47 am
sam
Share
SHARE

Kuri uyu wa 6 Kanama 2025 Nestor Ntahontuye yarahiriye inshingano nshya yahawe zo kuba minisitiri w’intebe mu Burundi asimbuye Lt Gen (Rtd) Gervais Ndirakobuca.

Ni nyuma y’impinduka muri Guverinoma zakozwe na Perezida Evariste Ndayishimiye kuri uyu wa 5 Kanama 2025 .

Ntahontuye yagizwe Minisitiri w’Intebe nyuma y’amezi umunani agizwe Minisitiri w’Imari, Ingengo y’Imari ndetse n’Igenamigambi.

Inshingano nshya Ntahontuye yahawe zemejwe bidasubirwaho na Sena y’u Burundi ku wa 5 Kanama, nyuma yo gutora biro yayo iyobowe na Ndirakobuca.

Yakoze imirimo y’igenamigambi ndetse n’ubushakashatsi mu miryango irimo Care International, Oxfam na Global Fund mu Burundi no ku rwego rw’akarere.

Ntahontuye afite impamyabumenyi y’icyiciro cya gatatu mu bijyanye n’ibarurishamibare, yakuye muri Kaminuza y’u Burundi.

Ubwo yagirwaga Minisitiri w’Imari mu Ukuboza 2024, yari asanzwe ari Perezida wa Komite y’umutwe w’abadepite ishinzwe gukurikirana ikoreshwa ry’umutungo w’igihugu, imari, ibikorwa by’ubukungu n’igenamigambi.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Babiri bapfiriye mu myigaragambyo ku mupaka wa Tanzania na Kenya

3 Min Read
Politike

Perezida Ndayishimiye yikanze coup d’Etat asubika urugendo rw’i Paris igitaraganya 

2 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Kongera gutsindira Manda ya munani kwa Paul Biya byateje imvururu zahitanye ubuzima bw’abatari bake

2 Min Read
Mu mahanga

Uwari Minisitiri w’Intebe muri Mali yakatiwe imyaka ibiri kubera ibyo yanditse ku mbuga nkoranyambaga

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?