BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

sam
Last updated: July 19, 2025 12:57 pm
sam
Share
SHARE

Perezida w’ikipe ya AS Kigali, Shema Ngoga Fabrice, agiye gutanga kandidatire yo kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA).

AS Kigali niyo yabitangaje kuri uyu wa Gatanu ibinyujije ku mbung ankoranyambaga. Yavuze ko Perezida wayo atanga kandidatire kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Nyakanga 2025 saa Sita ku cyicaro cya FERWAFA.

AS Kigali kandi yavuze ko imushyigikiye ndetse inamwifuriza amahirwe masa. Shema Ngoga Fabrice umaze imyaka itatu ayoboye AS Kigali niwe wa mbere bimenyekanye ko atanze kandidatire yo kuyobora FERWAFA mu myaka ine iri imbere.

Hari andi mazina avugwa ko nayo ashobora gutanga kandidatire arimo Uwayezu François Régis wari Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo; Uwayezu Jean Fidele wayoboye Rayon Sports; Munyantwari Alphonse usanzwe kuri uyu mwanya ndetse na Birungi John Bosco usanzwe ari Perezida wa Vision FC.

Amatora y’uzayobora FERWAFA muri manda y’imyaka ine ateganyijwe ku wa 30 Kanama 2025.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

El Ahli S.C Wad Madani yaritegerejwe mu Rwanda ntikije 

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yanze ubusabe bwa APR n’Amagaju ataranyuzwe n’imisifurire

2 Min Read
Imikino

Abakinnyi b’Amavubi bagiye kwishyurwa amadeni mbere yo guhura na Nigeria

2 Min Read
Imikino

APR Fc yongeye gutombora Pyramide Fc muri CAF Champions League

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?