BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 3, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Umutekano > Gen. Mubarakh Muganga yagiranye ibiganiro na mugenzi we Gen Muhoozi Kainerugaba wa Uganda.

Gen. Mubarakh Muganga yagiranye ibiganiro na mugenzi we Gen Muhoozi Kainerugaba wa Uganda.

sam
Last updated: May 25, 2024 3:39 pm
sam
Share
SHARE

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 25 Gicurasi,  Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yakiriye mugenzi we w’Ingabo z’u Rwanda, Gen. Mubarakh Muganga, bagirana ibiganiro.

Ni ibiganiro byitabiriwe n’abayobozi bakuru barimo Umugaba w’Ingabo zirwanira ku Butaka wa Uganda, Lt Gen. Kayanja Muhang, Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ubutasi n’Umutekano, Maj James Birungi n’abandi batandukanye.

Uru ruzinduko ruje rukurikira urwo ku wa 17 Mata 2024 , ubwo itsinda ry’Ingabo z’u Rwanda ryari riyobowe n’Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, bagiriye muri iki gihugu , aho bagiranye ibiganiro  ku ngingo zitandukanye zirimo ubufatanye hagati y’impande zombi n’ibibazo by’umutekano muke mu Karere.

Ibihugu byombi kuri ubu  bifitanye umubano mwiza nubwo wari warazambye  , mu ntangiriro za 2021 wongeye kuzahurwa bigizwemo uruhare runini  na Gen Muhoozi.

Ibintu byatanze umusaruro mwiza mu bijyanye n’imijyenderanire n’imihahiranire hagati y’ibihugu byombi .

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwageneye ubutumwa DRC yishimiye ibihano America yafatiye RDF

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo avuga ko ibihano bibogamye bifatirwa…

U Rwanda rwiteguye guhangana n’ingaruka z’intambara y’Amerika na Iran

Minisitiri w'Imari n'Ingenamigambi, Murangwa Yusuf, yatangaje ko hari ingamba Leta y'u Rwanda…

RED-Tabara yanyomoje Muyaya wavuze ko u Rwanda ari rwo rwayijyanye mu misozi miremire

Umutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, wanyomoje Minisitiri Patrick Muyaya wa…

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

Ingabo z’u Rwanda (Rwanbatt-1) ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani…

Walikale: AFC/M23 yisubije Buhimba

Abarwanyi b’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bisubije…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Umutekano

AFC/M23 yamaganye gucece kw’amahanga arebere ubwicanyi bukorerwa abasivile

1 Min Read
Umutekano

Imirwano yahinduye isura mu nkengero za Point Zero

2 Min Read
Umutekano

Wazalendo basubiranyemo babiri bahasiga ubuzima

2 Min Read
Umutekano

AFC/M23 yashinje Komisiyo ya AU gushyigikira abagizi ba nabi

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?