BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Mar 5, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Gaspard utoza Rutsiro FC yakoze ubukwe -AMAFOTO

Gaspard utoza Rutsiro FC yakoze ubukwe -AMAFOTO

admin
Last updated: October 18, 2022 9:07 pm
admin
Share
SHARE

Munyeshema Gaspard utoza Rutsiro FC nk’umutoza wungirije, yasabye anakwa Mukeshimana Jeannine uzwi ku izina rya Mimi.

Gaspard yasabye anakwa Mimi

Ni ibirori byabaye ku Cyumweru tariki 16 Ukwakira 2022, bibera Havila Village mu Akarere Kicukiro.

Nyuma yo kubanza gusezerana imbere y’amategeko, aba bombi bakurikijeho gusezerana imbere y’Imana mu muhango wabereye muri Havila Village, Kicukiro.
Gusaba no gukwa na byo byari byabereye muri Havila Village, Kicukiro.

Munyeshema Gaspard yafashije Rutsiro FC kuzamuka mu Cyiciro cya Mbere mu 2020, ariko ubu ayirimo nk’umutoza wungirije, ni mu gihe yatoje imikino itatu ibanza ya Shampiyona nk’umutoza wasigaranye ikipe.

Mu bamuherekeje harimo Damascène (uri hagati) wahoze ayobora Rutsiro FC
Mimi yemeye kuzabana na Gaspard
Gaspard mu minsi ishize yari yarahiriye imbere y’amategeko kuzabana akaramata na Mimi

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abatishimiye urwego rwa Mituweli bashyizwemo bahumurijwe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubwiteganyirize (RSSB) rurahumuriza abavuga ko bisanze mu rwego rwo kwishyura…

Abagororwa 1874 bemerewe gufungurwa by’agateganyo.  

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Werurwe 2026, iyobowe…

Kigali: Umugabo ucuruza urumogi yafatanywe udupfunyika 1000 twarwo

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU), rikorera mu Mujyi wa Kigali,…

Ishyingurwa rya Khamenei ryasubitswe

Amakuru atangazwa n’itangazamakuru rya leta muri Iran aravuga ko umuhango wo gushyingura…

Abanyarwanda bari mu bihugu byugarijwe n’ibitero bya Iran baburiwe

Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) yatangaje ko Abanyarwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Gaspard utoza Rutsiro FC yakoze ubukwe -AMAFOTO

Gaspard utoza Rutsiro FC yakoze ubukwe -AMAFOTO

admin
Last updated: October 18, 2022 9:07 pm
admin
Share
SHARE

Munyeshema Gaspard utoza Rutsiro FC nk’umutoza wungirije, yasabye anakwa Mukeshimana Jeannine uzwi ku izina rya Mimi.

Gaspard yasabye anakwa Mimi

Ni ibirori byabaye ku Cyumweru tariki 16 Ukwakira 2022, bibera Havila Village mu Akarere Kicukiro.

Nyuma yo kubanza gusezerana imbere y’amategeko, aba bombi bakurikijeho gusezerana imbere y’Imana mu muhango wabereye muri Havila Village, Kicukiro.
Gusaba no gukwa na byo byari byabereye muri Havila Village, Kicukiro.

Munyeshema Gaspard yafashije Rutsiro FC kuzamuka mu Cyiciro cya Mbere mu 2020, ariko ubu ayirimo nk’umutoza wungirije, ni mu gihe yatoje imikino itatu ibanza ya Shampiyona nk’umutoza wasigaranye ikipe.

Mu bamuherekeje harimo Damascène (uri hagati) wahoze ayobora Rutsiro FC
Mimi yemeye kuzabana na Gaspard
Gaspard mu minsi ishize yari yarahiriye imbere y’amategeko kuzabana akaramata na Mimi

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abatishimiye urwego rwa Mituweli bashyizwemo bahumurijwe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubwiteganyirize (RSSB) rurahumuriza abavuga ko bisanze mu rwego rwo kwishyura…

Abagororwa 1874 bemerewe gufungurwa by’agateganyo.  

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Werurwe 2026, iyobowe…

Kigali: Umugabo ucuruza urumogi yafatanywe udupfunyika 1000 twarwo

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU), rikorera mu Mujyi wa Kigali,…

Ishyingurwa rya Khamenei ryasubitswe

Amakuru atangazwa n’itangazamakuru rya leta muri Iran aravuga ko umuhango wo gushyingura…

Abanyarwanda bari mu bihugu byugarijwe n’ibitero bya Iran baburiwe

Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) yatangaje ko Abanyarwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Camarade ari mu mazi abira nyuma yo gutangariza perezida wa Gorilla FC

3 Min Read
Imikino

RSSB Tigers BBC yegukanye FERWABA Super Cup 2026 ihigitse APR BBC

2 Min Read
Imikino

APR FC yatsinze Gasogi United yakinaga nk’ikipe y’abato

3 Min Read
Imikino

Etincelles FC yahagaritse abatoza bayo kubera umusaruro muke

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?