BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Feb 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Gaspard utoza Rutsiro FC yakoze ubukwe -AMAFOTO

Gaspard utoza Rutsiro FC yakoze ubukwe -AMAFOTO

admin
Last updated: October 18, 2022 9:07 pm
admin
Share
SHARE

Munyeshema Gaspard utoza Rutsiro FC nk’umutoza wungirije, yasabye anakwa Mukeshimana Jeannine uzwi ku izina rya Mimi.

Gaspard yasabye anakwa Mimi

Ni ibirori byabaye ku Cyumweru tariki 16 Ukwakira 2022, bibera Havila Village mu Akarere Kicukiro.

Nyuma yo kubanza gusezerana imbere y’amategeko, aba bombi bakurikijeho gusezerana imbere y’Imana mu muhango wabereye muri Havila Village, Kicukiro.
Gusaba no gukwa na byo byari byabereye muri Havila Village, Kicukiro.

Munyeshema Gaspard yafashije Rutsiro FC kuzamuka mu Cyiciro cya Mbere mu 2020, ariko ubu ayirimo nk’umutoza wungirije, ni mu gihe yatoje imikino itatu ibanza ya Shampiyona nk’umutoza wasigaranye ikipe.

Mu bamuherekeje harimo Damascène (uri hagati) wahoze ayobora Rutsiro FC
Mimi yemeye kuzabana na Gaspard
Gaspard mu minsi ishize yari yarahiriye imbere y’amategeko kuzabana akaramata na Mimi

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Nta Gihugu gishobora kwemeza ko cyageze ku iterambere rirambye mu gihe abagore bagipfa batanga ubuzima-PM Dr.Nsengiyumva

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Justin Nsengiyumva witabiriye ibikorwa by’Inama y’Abakuru b’Ibihugu…

Amateka y’umunsi w’abakundana wa ‘Saint Valentin’

Ubusanzwe umunsi wa Saint Valentin wizihizwa tariki 14 Gashyantare ku Isi hose…

Ethiopia: Abanyamakuru batatu bahagaritswe kubera gushinja Leta gufasha inyeshyamba zo muri Sudani

Leta ya Ethiopia yambuye abanyamakuru batatu bakorera Ibiro Ntaramakuru, Reuters, uruhushya rwo…

Umuryango w’Abibumbye urashinja RSF kwica abasivili barenga 6000 mu minsi itatu

Raporo yashyizwe ahagaragara n'Umuryango w'Abibumbye (UN), ivuga ko umutwe urwanya ubutegetsi bwa…

Gen. Muhoozi agiye kugenderera u Rwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ateganta kuzasura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

RSSB Tigers BBC yegukanye FERWABA Super Cup 2026 ihigitse APR BBC

2 Min Read
Imikino

APR FC yatsinze Gasogi United yakinaga nk’ikipe y’abato

3 Min Read
Imikino

Etincelles FC yahagaritse abatoza bayo kubera umusaruro muke

1 Min Read
Imikino

Bizimana Djihad yasezeye Al Ahli SC

2 Min Read
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Gaspard utoza Rutsiro FC yakoze ubukwe -AMAFOTO

Gaspard utoza Rutsiro FC yakoze ubukwe -AMAFOTO

admin
Last updated: October 18, 2022 9:07 pm
admin
Share
SHARE

Munyeshema Gaspard utoza Rutsiro FC nk’umutoza wungirije, yasabye anakwa Mukeshimana Jeannine uzwi ku izina rya Mimi.

Gaspard yasabye anakwa Mimi

Ni ibirori byabaye ku Cyumweru tariki 16 Ukwakira 2022, bibera Havila Village mu Akarere Kicukiro.

Nyuma yo kubanza gusezerana imbere y’amategeko, aba bombi bakurikijeho gusezerana imbere y’Imana mu muhango wabereye muri Havila Village, Kicukiro.
Gusaba no gukwa na byo byari byabereye muri Havila Village, Kicukiro.

Munyeshema Gaspard yafashije Rutsiro FC kuzamuka mu Cyiciro cya Mbere mu 2020, ariko ubu ayirimo nk’umutoza wungirije, ni mu gihe yatoje imikino itatu ibanza ya Shampiyona nk’umutoza wasigaranye ikipe.

Mu bamuherekeje harimo Damascène (uri hagati) wahoze ayobora Rutsiro FC
Mimi yemeye kuzabana na Gaspard
Gaspard mu minsi ishize yari yarahiriye imbere y’amategeko kuzabana akaramata na Mimi

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Nta Gihugu gishobora kwemeza ko cyageze ku iterambere rirambye mu gihe abagore bagipfa batanga ubuzima-PM Dr.Nsengiyumva

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Justin Nsengiyumva witabiriye ibikorwa by’Inama y’Abakuru b’Ibihugu…

Amateka y’umunsi w’abakundana wa ‘Saint Valentin’

Ubusanzwe umunsi wa Saint Valentin wizihizwa tariki 14 Gashyantare ku Isi hose…

Ethiopia: Abanyamakuru batatu bahagaritswe kubera gushinja Leta gufasha inyeshyamba zo muri Sudani

Leta ya Ethiopia yambuye abanyamakuru batatu bakorera Ibiro Ntaramakuru, Reuters, uruhushya rwo…

Umuryango w’Abibumbye urashinja RSF kwica abasivili barenga 6000 mu minsi itatu

Raporo yashyizwe ahagaragara n'Umuryango w'Abibumbye (UN), ivuga ko umutwe urwanya ubutegetsi bwa…

Gen. Muhoozi agiye kugenderera u Rwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ateganta kuzasura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yemereye amakipe gusimbuza abakinnyi yarekuye

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports yatandukanye na Haruna Ferouz

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yashyikirije abasifuzi mpuzamahanga ibirango bya FIFA bazakoresha muri 2026

2 Min Read
Imikino

CAN 2025: Maroc na Senegal zabonye itike ya ½ 

4 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?