BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 10, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > RDC: Impuguke za Loni zagaragaje impungenge mu matora ya 2023

RDC: Impuguke za Loni zagaragaje impungenge mu matora ya 2023

admin
Last updated: August 25, 2022 6:01 pm
admin
Share
SHARE

Impuguke z’umuryango w’abibumbye zirashidikanya ku itegurwa ry’amatora ya perezida n’Inteko Ishinga Amategeko ateganijwe mu 2023 muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo.

Impuguke za Loni zatangaje ko hari ingaruka z’amakimbirane mbere y’amatora ya 2023 na nyuma yayo.

Raporo y’izi mpuguke igaragaza ko umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo uza ku isonga mu bizateza imvururu mu matora ya 2023, ko hari abakoresha imitwe y’inyeshyamba nk’iturufu yo kuyazambya.

Iyi raporo ivuga ko ubutegetsi bwa Gisirikare mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Ituri bubangamira ibikorwa bya Politiki, bikazagira ingaruka ku matora y’Umukuru w’igihugu n’abagize Inteko Ishinga Amategeko.

Ikibazo cy’amafaranga y’amatora agera kuri miliyoni 900 z’amadolari ya Amerika nacyo ngo ni imbogamizi ikomeye.

Iyi raporo kandi yerekanye ko kumvana imitsi kw’amashyaka ya Perezida Felix Tshisekedi n’uwahoze ari Perezida wa Congo, Joseph Kabila bizateza imvururu mu matora ya 2023.

Abanyepolitiki batandukanye muri RD Congo bakomeje kwerekana ko biteguye guhangana mu matora y’umukuru w’igihugu n’ayabagize Inteko Ishinga Amategeko.

NDEKEZI JOHNSON  / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Iran yabonye Umuyobozi w’Ikirenga mushya nyuma y’icyumweru America na Israel bishe uwari umazeho igihe

Iran yatangaje Umuyobozi w’Ikirenga wayo mushya, ari we Mojtaba Khamenei, akaba umuhungu…

Meteo Rwanda yateguje imvura ishobora guteza ibiza muri Werurwe

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko muri Werurwe 2026 hateganyijwe imvura…

Impunzi z’Abarundi zigera ku 100,000 ziri kwirukanwa mu gihugu cya Tanzania

Imbunzi z'Abarundi zari zimaze igihe mu gihugu cya Tanzania zigiye gusubizwa mu…

Trump yateguje ibitero bikaze kuri Iran

Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko Iran ishobora kugabwaho ibitero bikomeye…

Mu saha 100 intambara yo muri Iran yatwaye miliyali $3.7

Ni ukuvuga ko buri munsi nibura hakoreshwa miliyoni $891. Ni intambara iri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 yohereje aba-comando bayo hafi ya Kisangani

2 Min Read
Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 yongeye kugaragaza ubugome ndenga kamere bwa FARDC

2 Min Read
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > RDC: Impuguke za Loni zagaragaje impungenge mu matora ya 2023

RDC: Impuguke za Loni zagaragaje impungenge mu matora ya 2023

admin
Last updated: August 25, 2022 6:01 pm
admin
Share
SHARE

Impuguke z’umuryango w’abibumbye zirashidikanya ku itegurwa ry’amatora ya perezida n’Inteko Ishinga Amategeko ateganijwe mu 2023 muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo.

Impuguke za Loni zatangaje ko hari ingaruka z’amakimbirane mbere y’amatora ya 2023 na nyuma yayo.

Raporo y’izi mpuguke igaragaza ko umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo uza ku isonga mu bizateza imvururu mu matora ya 2023, ko hari abakoresha imitwe y’inyeshyamba nk’iturufu yo kuyazambya.

Iyi raporo ivuga ko ubutegetsi bwa Gisirikare mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Ituri bubangamira ibikorwa bya Politiki, bikazagira ingaruka ku matora y’Umukuru w’igihugu n’abagize Inteko Ishinga Amategeko.

Ikibazo cy’amafaranga y’amatora agera kuri miliyoni 900 z’amadolari ya Amerika nacyo ngo ni imbogamizi ikomeye.

Iyi raporo kandi yerekanye ko kumvana imitsi kw’amashyaka ya Perezida Felix Tshisekedi n’uwahoze ari Perezida wa Congo, Joseph Kabila bizateza imvururu mu matora ya 2023.

Abanyepolitiki batandukanye muri RD Congo bakomeje kwerekana ko biteguye guhangana mu matora y’umukuru w’igihugu n’ayabagize Inteko Ishinga Amategeko.

NDEKEZI JOHNSON  / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Iran yabonye Umuyobozi w’Ikirenga mushya nyuma y’icyumweru America na Israel bishe uwari umazeho igihe

Iran yatangaje Umuyobozi w’Ikirenga wayo mushya, ari we Mojtaba Khamenei, akaba umuhungu…

Meteo Rwanda yateguje imvura ishobora guteza ibiza muri Werurwe

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko muri Werurwe 2026 hateganyijwe imvura…

Impunzi z’Abarundi zigera ku 100,000 ziri kwirukanwa mu gihugu cya Tanzania

Imbunzi z'Abarundi zari zimaze igihe mu gihugu cya Tanzania zigiye gusubizwa mu…

Trump yateguje ibitero bikaze kuri Iran

Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko Iran ishobora kugabwaho ibitero bikomeye…

Mu saha 100 intambara yo muri Iran yatwaye miliyali $3.7

Ni ukuvuga ko buri munsi nibura hakoreshwa miliyoni $891. Ni intambara iri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Burusiya na Ukraine byahererekanyije imibiri y’abasirikare baguye ku rugamba

2 Min Read
Mu mahanga

Andi makuru mashya ku rupfu RWA Lt.Col Willy Ngoma 

1 Min Read
Mu mahanga

MASISI: FARDC irigamba kwisubiza Mahanga

1 Min Read
Mu mahanga

Bobi Wine ntakozwa ibyo kumvikana na Leta ya Uganda ngo ave mu bwihisho

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?