BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 31, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > RDC: Impuguke za Loni zagaragaje impungenge mu matora ya 2023

RDC: Impuguke za Loni zagaragaje impungenge mu matora ya 2023

admin
Last updated: August 25, 2022 6:01 pm
admin
Share
SHARE

Impuguke z’umuryango w’abibumbye zirashidikanya ku itegurwa ry’amatora ya perezida n’Inteko Ishinga Amategeko ateganijwe mu 2023 muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo.

Impuguke za Loni zatangaje ko hari ingaruka z’amakimbirane mbere y’amatora ya 2023 na nyuma yayo.

Raporo y’izi mpuguke igaragaza ko umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo uza ku isonga mu bizateza imvururu mu matora ya 2023, ko hari abakoresha imitwe y’inyeshyamba nk’iturufu yo kuyazambya.

Iyi raporo ivuga ko ubutegetsi bwa Gisirikare mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Ituri bubangamira ibikorwa bya Politiki, bikazagira ingaruka ku matora y’Umukuru w’igihugu n’abagize Inteko Ishinga Amategeko.

Ikibazo cy’amafaranga y’amatora agera kuri miliyoni 900 z’amadolari ya Amerika nacyo ngo ni imbogamizi ikomeye.

Iyi raporo kandi yerekanye ko kumvana imitsi kw’amashyaka ya Perezida Felix Tshisekedi n’uwahoze ari Perezida wa Congo, Joseph Kabila bizateza imvururu mu matora ya 2023.

Abanyepolitiki batandukanye muri RD Congo bakomeje kwerekana ko biteguye guhangana mu matora y’umukuru w’igihugu n’ayabagize Inteko Ishinga Amategeko.

NDEKEZI JOHNSON  / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Hagiye kuba inama Yiga Uko Isi Yose Yakwemera Leta Ya Palestine nk’igihugu

3 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 yanenze Radio Okapi n’ibindi bitangazamakuru bibogamira ku nkuru ziyisebya 

3 Min Read
Mu mahanga

Nigeria yiyongereye mu bihugu byifuza kwakira Formula One

1 Min Read
Mu mahanga

Kwegura kwa Visi Perezida w’u Buhinde byateje impaka n’urujijo

1 Min Read
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > RDC: Impuguke za Loni zagaragaje impungenge mu matora ya 2023

RDC: Impuguke za Loni zagaragaje impungenge mu matora ya 2023

admin
Last updated: August 25, 2022 6:01 pm
admin
Share
SHARE

Impuguke z’umuryango w’abibumbye zirashidikanya ku itegurwa ry’amatora ya perezida n’Inteko Ishinga Amategeko ateganijwe mu 2023 muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo.

Impuguke za Loni zatangaje ko hari ingaruka z’amakimbirane mbere y’amatora ya 2023 na nyuma yayo.

Raporo y’izi mpuguke igaragaza ko umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo uza ku isonga mu bizateza imvururu mu matora ya 2023, ko hari abakoresha imitwe y’inyeshyamba nk’iturufu yo kuyazambya.

Iyi raporo ivuga ko ubutegetsi bwa Gisirikare mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Ituri bubangamira ibikorwa bya Politiki, bikazagira ingaruka ku matora y’Umukuru w’igihugu n’abagize Inteko Ishinga Amategeko.

Ikibazo cy’amafaranga y’amatora agera kuri miliyoni 900 z’amadolari ya Amerika nacyo ngo ni imbogamizi ikomeye.

Iyi raporo kandi yerekanye ko kumvana imitsi kw’amashyaka ya Perezida Felix Tshisekedi n’uwahoze ari Perezida wa Congo, Joseph Kabila bizateza imvururu mu matora ya 2023.

Abanyepolitiki batandukanye muri RD Congo bakomeje kwerekana ko biteguye guhangana mu matora y’umukuru w’igihugu n’ayabagize Inteko Ishinga Amategeko.

NDEKEZI JOHNSON  / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Umudipolomate wa RDC afungiwe muri Bulgaria nyuma yo gufatanwa Cocaïne

1 Min Read
Mu mahanga

Kenya: Itabwa muri yombi ry’impirimbanyi yo muri Kenya ryazamuriye benshi uburakari

2 Min Read
Mu mahanga

DRC: Fayulu yagaragaje uko Tshisekedi yashatse guhunga ibiganiro byatangijwe na Kiliziya na Angilikani

3 Min Read
Mu mahanga

Umudipolomate wa RDC afungiwe muri Bulgaria nyuma yo gufatanwa Cocaïne

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?