BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > RDC: Impuguke za Loni zagaragaje impungenge mu matora ya 2023

RDC: Impuguke za Loni zagaragaje impungenge mu matora ya 2023

admin
Last updated: August 25, 2022 6:01 pm
admin
Share
SHARE

Impuguke z’umuryango w’abibumbye zirashidikanya ku itegurwa ry’amatora ya perezida n’Inteko Ishinga Amategeko ateganijwe mu 2023 muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo.

Impuguke za Loni zatangaje ko hari ingaruka z’amakimbirane mbere y’amatora ya 2023 na nyuma yayo.

Raporo y’izi mpuguke igaragaza ko umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo uza ku isonga mu bizateza imvururu mu matora ya 2023, ko hari abakoresha imitwe y’inyeshyamba nk’iturufu yo kuyazambya.

Iyi raporo ivuga ko ubutegetsi bwa Gisirikare mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Ituri bubangamira ibikorwa bya Politiki, bikazagira ingaruka ku matora y’Umukuru w’igihugu n’abagize Inteko Ishinga Amategeko.

Ikibazo cy’amafaranga y’amatora agera kuri miliyoni 900 z’amadolari ya Amerika nacyo ngo ni imbogamizi ikomeye.

Iyi raporo kandi yerekanye ko kumvana imitsi kw’amashyaka ya Perezida Felix Tshisekedi n’uwahoze ari Perezida wa Congo, Joseph Kabila bizateza imvururu mu matora ya 2023.

Abanyepolitiki batandukanye muri RD Congo bakomeje kwerekana ko biteguye guhangana mu matora y’umukuru w’igihugu n’ayabagize Inteko Ishinga Amategeko.

NDEKEZI JOHNSON  / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

RDC igiye gusaba Uganda ibisobanuro ku ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwateguje ko buzasaba Uganda ibisobanuro…

Muri Kanama ab’i Kigali bazajya babona amazi mu minsi 2 aho kuba 5-WASAC

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi Isuku n’Isukura, WASAC cyijeje abatuye mu Mujyi wa…

DRC : Kiliziya gatorika ntiyozeye ko amasezerano y’u Rwanda na Congo ko atazakemura ikibazo mu mizi

Umuyobozi mukuru w’Inama y’Abepisikopi muri Congo Kinshasa, Musenyeri Donatien Nshole avuga ko…

Perezida wa Botswana yahigiye guhura na Trump, akamwemeza

Perezida Gideon Duma Boko wa Botswana yahigiye guhura na Donald Trump uyobora…

Perezida Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya

Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, akaba ari n’umwe mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Maneko wo ku rwego rwo hejuru wa Ukraine yishwe arashwe i Kyiv

5 Min Read
Politike

Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu

3 Min Read
Mu mahanga

Inteko ya Amerika yasabye Tshisekedi kutarenza manda yemerewe

2 Min Read
Politike

Imipaka ihuza Uganda n’ibice bya DRC bigenzurwa na AFC/M23 yafunguwe

2 Min Read
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > RDC: Impuguke za Loni zagaragaje impungenge mu matora ya 2023

RDC: Impuguke za Loni zagaragaje impungenge mu matora ya 2023

admin
Last updated: August 25, 2022 6:01 pm
admin
Share
SHARE

Impuguke z’umuryango w’abibumbye zirashidikanya ku itegurwa ry’amatora ya perezida n’Inteko Ishinga Amategeko ateganijwe mu 2023 muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo.

Impuguke za Loni zatangaje ko hari ingaruka z’amakimbirane mbere y’amatora ya 2023 na nyuma yayo.

Raporo y’izi mpuguke igaragaza ko umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo uza ku isonga mu bizateza imvururu mu matora ya 2023, ko hari abakoresha imitwe y’inyeshyamba nk’iturufu yo kuyazambya.

Iyi raporo ivuga ko ubutegetsi bwa Gisirikare mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Ituri bubangamira ibikorwa bya Politiki, bikazagira ingaruka ku matora y’Umukuru w’igihugu n’abagize Inteko Ishinga Amategeko.

Ikibazo cy’amafaranga y’amatora agera kuri miliyoni 900 z’amadolari ya Amerika nacyo ngo ni imbogamizi ikomeye.

Iyi raporo kandi yerekanye ko kumvana imitsi kw’amashyaka ya Perezida Felix Tshisekedi n’uwahoze ari Perezida wa Congo, Joseph Kabila bizateza imvururu mu matora ya 2023.

Abanyepolitiki batandukanye muri RD Congo bakomeje kwerekana ko biteguye guhangana mu matora y’umukuru w’igihugu n’ayabagize Inteko Ishinga Amategeko.

NDEKEZI JOHNSON  / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

RDC igiye gusaba Uganda ibisobanuro ku ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwateguje ko buzasaba Uganda ibisobanuro…

Muri Kanama ab’i Kigali bazajya babona amazi mu minsi 2 aho kuba 5-WASAC

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi Isuku n’Isukura, WASAC cyijeje abatuye mu Mujyi wa…

DRC : Kiliziya gatorika ntiyozeye ko amasezerano y’u Rwanda na Congo ko atazakemura ikibazo mu mizi

Umuyobozi mukuru w’Inama y’Abepisikopi muri Congo Kinshasa, Musenyeri Donatien Nshole avuga ko…

Perezida wa Botswana yahigiye guhura na Trump, akamwemeza

Perezida Gideon Duma Boko wa Botswana yahigiye guhura na Donald Trump uyobora…

Perezida Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya

Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, akaba ari n’umwe mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Kinshasa: Abofisiye bakuru bakomeje gutabwa muri yombi

2 Min Read
Politike

Intumwa za AFC/M23 na Leta ya RDC basubiye KU meza y’ibiganiro i Doha muri Qatar 

1 Min Read
Mu mahanga

U Burusiya: Minisitiri yiyahuye nyuma yo kwirukanwa na Perezida Putin

1 Min Read
Politike

U Rwanda rufite ikizere cy’uko amasezerano rwasinyanye na DRC azatanga umusaruro

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?