BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Dec 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > RDC: Impuguke za Loni zagaragaje impungenge mu matora ya 2023

RDC: Impuguke za Loni zagaragaje impungenge mu matora ya 2023

admin
Last updated: August 25, 2022 6:01 pm
admin
Share
SHARE

Impuguke z’umuryango w’abibumbye zirashidikanya ku itegurwa ry’amatora ya perezida n’Inteko Ishinga Amategeko ateganijwe mu 2023 muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo.

Impuguke za Loni zatangaje ko hari ingaruka z’amakimbirane mbere y’amatora ya 2023 na nyuma yayo.

Raporo y’izi mpuguke igaragaza ko umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo uza ku isonga mu bizateza imvururu mu matora ya 2023, ko hari abakoresha imitwe y’inyeshyamba nk’iturufu yo kuyazambya.

Iyi raporo ivuga ko ubutegetsi bwa Gisirikare mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Ituri bubangamira ibikorwa bya Politiki, bikazagira ingaruka ku matora y’Umukuru w’igihugu n’abagize Inteko Ishinga Amategeko.

Ikibazo cy’amafaranga y’amatora agera kuri miliyoni 900 z’amadolari ya Amerika nacyo ngo ni imbogamizi ikomeye.

Iyi raporo kandi yerekanye ko kumvana imitsi kw’amashyaka ya Perezida Felix Tshisekedi n’uwahoze ari Perezida wa Congo, Joseph Kabila bizateza imvururu mu matora ya 2023.

Abanyepolitiki batandukanye muri RD Congo bakomeje kwerekana ko biteguye guhangana mu matora y’umukuru w’igihugu n’ayabagize Inteko Ishinga Amategeko.

NDEKEZI JOHNSON  / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Ubutegetsi bwa Perezida Suluhu bwahakanye gufunga Dr. Mpango wari Visi Perezida

2 Min Read
Politike

Urunturuntu no gucikamo ibice kw’ ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi 

3 Min Read
Mu mahanga

Twirwaneho yasobanuye icyayiteye guhanura kajugujugu y’abacanshuro

3 Min Read
Mu mahanga

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

1 Min Read
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > RDC: Impuguke za Loni zagaragaje impungenge mu matora ya 2023

RDC: Impuguke za Loni zagaragaje impungenge mu matora ya 2023

admin
Last updated: August 25, 2022 6:01 pm
admin
Share
SHARE

Impuguke z’umuryango w’abibumbye zirashidikanya ku itegurwa ry’amatora ya perezida n’Inteko Ishinga Amategeko ateganijwe mu 2023 muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo.

Impuguke za Loni zatangaje ko hari ingaruka z’amakimbirane mbere y’amatora ya 2023 na nyuma yayo.

Raporo y’izi mpuguke igaragaza ko umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo uza ku isonga mu bizateza imvururu mu matora ya 2023, ko hari abakoresha imitwe y’inyeshyamba nk’iturufu yo kuyazambya.

Iyi raporo ivuga ko ubutegetsi bwa Gisirikare mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Ituri bubangamira ibikorwa bya Politiki, bikazagira ingaruka ku matora y’Umukuru w’igihugu n’abagize Inteko Ishinga Amategeko.

Ikibazo cy’amafaranga y’amatora agera kuri miliyoni 900 z’amadolari ya Amerika nacyo ngo ni imbogamizi ikomeye.

Iyi raporo kandi yerekanye ko kumvana imitsi kw’amashyaka ya Perezida Felix Tshisekedi n’uwahoze ari Perezida wa Congo, Joseph Kabila bizateza imvururu mu matora ya 2023.

Abanyepolitiki batandukanye muri RD Congo bakomeje kwerekana ko biteguye guhangana mu matora y’umukuru w’igihugu n’ayabagize Inteko Ishinga Amategeko.

NDEKEZI JOHNSON  / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Uganda igiye gukomorera Facebook nyuma y’imyaka 5 ifunzwe 

2 Min Read
Mu mahanga

Gisagara: Abantu batatu bafunzwe bakekwaho kwica umugabo bamukase ijosi

1 Min Read
Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?