BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Mar 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Ruhango: Umugabo yakubise umwana we w’imyaka 6 arapfa

Ruhango: Umugabo yakubise umwana we w’imyaka 6 arapfa

admin
Last updated: January 11, 2023 12:44 pm
admin
Share
SHARE

Mu Karere ka Ruhango haravugwa umugabo wakubise umwana w’umukobwa w’imyaka 6, bimuviramo urupfu, ubwo twakoraga iyi nkuru yari atarafatwa ariko ubuyobozi bwahageze.

Ibiro by’Akarere ka Ruhango

Amakuru UMUSEKE wahawe n’umwe mu baturage bari aho byabereye, yatubwiye ko ari mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Ruhango.

Uyu mugabo bikekwa ko yari yasinze yakubise umwana we mu ijoro ryo ku wa Kabiri rishyira ku wa Gatatu.

Abayobozi bageze mu rugo rw’uyu mugabo mu gitondo kuri uyu wa Gatatu. Yagize ati “Ntarafatwa, ariko Abanyerondo baraye iwe bakomeza kumucungira hafi.”

Umuturage uri aho byabereye kandi yatubwiye ko uyu mugabo yitwa Gonzalve. Umwana akekwaho kwica ngo yamubyaranye n’undi mugore uba i Kibungo, ubu yarerwaga na mukase ari ubona n’uwo mugabo.

Ati “Nyina w’umwana ashobora kuba ataramenya ayo makuru kuko bamuhamagaye nomero ye barayibura.”

Yakomeje agira ati “Ako kana bari baragatorongeje, katagaburirwa, kadafatwa neza.”

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Pingback: Hamenyekanye amakuru ababaje ku mwana w’umukobwa bikekwa ko yishwe na Se – Umuseke

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyakangaranyije u Buyapani na Koreya y’Epfo. Hari…

Jamaica: RDF ihasize ibikorwa byivugira KU mahanga

Mu gihe cy’amezi abiri ashize u Rwanda rwohereje abasirikare gutanga umusanzu wo…

Amafaranga u Rwanda rukoresha muri Cabo Delgado arenga inshuro 10 atangwa na EU- Yolande Makolo

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko inkunga ya miliyoni…

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Politike

AFC/M23 igiye kurekura abasirikare 230 ba RDC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?