BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 30, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Étienne watandukanye na Bugesera aravugwa mu Intamba mu Rugamba

Étienne watandukanye na Bugesera aravugwa mu Intamba mu Rugamba

admin
Last updated: January 10, 2023 6:22 pm
admin
Share
SHARE

Nyuma yo gutandukana na Bugesera FC, Umutoza w’Umunyarwanda unafite Ubwenegihugu bw’u Burundi, Ndayirangije Étienne ari mu muryango winjira mu ikipe y’Igihugu y’u Burundi y’umupira w’amaguru [Intamba mu Rugamba].

Ndayirangije Étienne ashobora gutoza Intamba mu Rugamba

Mu masaha make ashize, ni bwo ikipe ya Bugesera FC ibicishije ku mbuga nkoranyambaga za yo, yatangaje ko yatandukanye na Ndayiragije Étienne biciye mu bwumvikane bw’impande zombi.

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi, avuga ko Ndayiragije ashobora guhabwa ikipe y’igihugu, Intamba mu Rugamba, asimbuye mugenzi we, Ndayizeye Jimmy usanzwe atoza Le Messager Ngozi.

N’ubwo kugeza ubu bitaratangazwa n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri iki gihugu, amakuru ahaturuka avuga ko uyu mutoza yamaze kwemezwa igisigaye ari ukubitangaza gusa.

Mu gihe havugwa ibi byose ariko, uyu mutoza we arahakana aya makuru nk’uko yabyemereye UMUSEKE, ndetse avuga ko ari amakuru y’ibihuha.

Abari hafi y’uyu mutoza bahamya ko yifuzwa n’ikipe irenze imwe, ndetse byanashoboka yanasubira mu gihugu cya Tanzania yahoze atoza.

Ati “Ni ibihuha.”

Ndayiragije yasize Bugesera FC ku mwanya wa 12 n’amanota 18.

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Minisiteri ya Siporo yateye utwatsi ibinyoma by’uko yahagaritse amatora ya FERWAFA

2 Min Read
Imikino

AS Kigali yungutse umutoza mushya

1 Min Read
Imikino

Yanga SC yitegura Rayon Sports yabonye umutoza mushya

2 Min Read
Imikino

Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?