BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Minisitiri yahumurije ababuze udukingirizo

Minisitiri yahumurije ababuze udukingirizo

admin
Last updated: January 4, 2023 6:18 pm
admin
Share
SHARE

Minisiteri y’ubuzima ya Kenya yahumurije abaturage bamaze iminsi bijujitira ibura ry’udukingirizo mu gihugu, ibizeza ko duhari kandi duhagije.

Minisitiri yijeje ko udukingirizo tugiye kuboneka ku bwinshi

Ni nyuma y’ibyumweru bivugwa ko muri Kenya habuze udukingirizo bigateza intugunda aho dusanzwe tugurirwa.

Kuri uyu wa gatatu, Minisitiri w’Ubuzima Susan Nakhumicha yavuze ko biteguye gukwirakwiza udukingirizo tungana na miliyoni 38.

Yongeyeho ko utu dukingirizo tuzagezwa hirya no hino mu gihugu by’umwihariko mu Turere byagaragaye ko twabayemo iyanga.

Yagize ati “Turi gukora uko dushoboye kugira ngo kugemura udukingirizo bifate igihe gito.”

Abaharanira uburenganzira bwa muntu muri Kenya bashinja Guverinoma gutinza gukwirakwiza udukingirizo ku buryo bishyira ubuzima bw’abantu mu kaga.

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
Politike

Qatar yagennye Ambasaderi mushya mu Rwanda usimbura uwitabye imana 

1 Min Read
Politike

U Rwanda rwakiriye abanyarwanda 200 batahutse bavuye muri RDC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?