BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 8, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Ababyinnyi bo mu Ntara nabo bashyizwe igorora

Ababyinnyi bo mu Ntara nabo bashyizwe igorora

admin
Last updated: January 4, 2023 12:29 pm
admin
Share
SHARE

Urutozi Gakondo rutegura amarushanwa yo kubyina nyuma yo guhemba abatsinze mu mujyi wa Kigali ubu bagiye no kwerekeza mu ntara zigize u Rwanda.

Iri rushanwa ryo kubyina rigiye no kubera mu Ntara

Iri rushanwa ku nshuro ya mbere ryabereye mu mujyi wa Kigali I Nyamirambo muri Club Rafiki ryegukanwa na Afro Monster Vipers ya Kimisagara yahawe 500.000Frw.

Urban Dancer School yitoreza kuri Club Rafiki yegukanye umwanya wa kabiri ihabwa sheki ya 300.000Frw naho Afro Mirror nayo ya Kimisagara yegukanye umwanya wa gatatu ihabwa sheki ya 100.000Frw.

Nyuma yabatuye muri Kigali iri rushanwa rigiye gukorerwa no mu Ntara.

Rukundo Patrick umwe mu bategura aya marushanwa yabwiye Umuseke ko babisabwe n’abantu benshi bahatuye.

Ati “Tugiye gukora iyi competition no mu ntara Kuko twabisabwe n’abana benshi bari mu ntara ngo nabo tubahe amahirwe.”

Avuga ko bazajya Iburengerazuba, Amajyepfo, Amajyaruguru n’Iburasirazuba naho igikorwa cya nyuma kibere muri Kigali.

Ati “Turacyari gushaka aho bizabera, tuzabitangaza mu minsi iri imbere hamwe n’amataliki.”

Irushanwa baheruka ryabaye taliki ya 30 Ukuboza 2022, hiyandikishije amatsinda atandatu. ‘The Weapons ya Rubavu, African Mirror ya Kimisagara, Afro Mirror y’i Nyamata, Urban Dance yo kuri Club Rafiki, Afro Monster Vipers ya Kimisagara, Tremblement de terre yaturutse Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.’

Tizzo, Jack B, Olivis na Jox Parker nibo bari bagize akanama nkemurampaka
Tizzo, Jack B, Olivis na Jox Parker nibo bari bagize akanama nkemurampaka
Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Urubanza rw’abakurikiranyweho gukwirakwiza amashusho ya Yampano atera akabariro rwasubitswe

2 Min Read
Imyidagaduro

Abambere basakaje amashusho ya Yampano bagejejwe imbere y’urukiko

2 Min Read
Imyidagaduro

Abarimo Djihad batawe muri yombi kubera gukwirakwiza amashusho ya Yampano ari gukora imibonano mpuzabitsina

2 Min Read
Imyidagaduro

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?