BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Nov 16, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Ababyinnyi bo mu Ntara nabo bashyizwe igorora

Ababyinnyi bo mu Ntara nabo bashyizwe igorora

admin
Last updated: January 4, 2023 12:29 pm
admin
Share
SHARE

Urutozi Gakondo rutegura amarushanwa yo kubyina nyuma yo guhemba abatsinze mu mujyi wa Kigali ubu bagiye no kwerekeza mu ntara zigize u Rwanda.

Iri rushanwa ryo kubyina rigiye no kubera mu Ntara

Iri rushanwa ku nshuro ya mbere ryabereye mu mujyi wa Kigali I Nyamirambo muri Club Rafiki ryegukanwa na Afro Monster Vipers ya Kimisagara yahawe 500.000Frw.

Urban Dancer School yitoreza kuri Club Rafiki yegukanye umwanya wa kabiri ihabwa sheki ya 300.000Frw naho Afro Mirror nayo ya Kimisagara yegukanye umwanya wa gatatu ihabwa sheki ya 100.000Frw.

Nyuma yabatuye muri Kigali iri rushanwa rigiye gukorerwa no mu Ntara.

Rukundo Patrick umwe mu bategura aya marushanwa yabwiye Umuseke ko babisabwe n’abantu benshi bahatuye.

Ati “Tugiye gukora iyi competition no mu ntara Kuko twabisabwe n’abana benshi bari mu ntara ngo nabo tubahe amahirwe.”

Avuga ko bazajya Iburengerazuba, Amajyepfo, Amajyaruguru n’Iburasirazuba naho igikorwa cya nyuma kibere muri Kigali.

Ati “Turacyari gushaka aho bizabera, tuzabitangaza mu minsi iri imbere hamwe n’amataliki.”

Irushanwa baheruka ryabaye taliki ya 30 Ukuboza 2022, hiyandikishije amatsinda atandatu. ‘The Weapons ya Rubavu, African Mirror ya Kimisagara, Afro Mirror y’i Nyamata, Urban Dance yo kuri Club Rafiki, Afro Monster Vipers ya Kimisagara, Tremblement de terre yaturutse Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.’

Tizzo, Jack B, Olivis na Jox Parker nibo bari bagize akanama nkemurampaka
Tizzo, Jack B, Olivis na Jox Parker nibo bari bagize akanama nkemurampaka
Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Musanze: Polisi yafunze uwengaga umutobe wiswe ‘Ndakubiwe’, imena litiro 80 zawo

Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru, ku bufatanye n’abaturage bo mu Murenge…

Ruhango: Umugabo yatawe muri yombi akekwaho ubujura bw’insinga z’amashanyarazi

Polisi ikorera mu Murenge wa Kabagari mu Karere ka Ruhango ku bufatanye…

Leta ya DRC na AFC/M23 bateye intambe ikomeye izabafasha kubera ku mahoro arambye

Abahagarariye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 riburwanya, bashyize…

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Umusizi Saranda ari mu gahinda ko gupfusha mama we

1 Min Read
Imyidagaduro

Suède: Element agiye guhurira mu gitaramo na Kizz Daniel

1 Min Read
Imyidagaduro

Diddy yafatiweho icyuma muri gereza hafi yo kwicwa

1 Min Read
Imyidagaduro

Umuramyi Josh yatomagije umugore we amwifuriza isabukuru nziza 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?