BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 7, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Brésil: Gianni Infantino yasezeye bwa nyuma kuri Pelé

Brésil: Gianni Infantino yasezeye bwa nyuma kuri Pelé

admin
Last updated: January 3, 2023 11:57 am
admin
Share
SHARE

Perezida w’Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Umupira w’Amaguru ku Isi [FIFA], Gianni Infantino yasezeye kuri Edson Arantes do Nascimento wamenyekanye ku izina rya Pelé watabarutse ku myaka 82.

Gianni Infantino yaherekeje bwa nyuma Pelé

Uyu muhango wabaye tariki 2 Mutarama 2023, ubera mu mujyi wa Santos mu gihugu cya Brésil. Witabiriwe n’abasanzwe bafite amazina manini muri ruhago y’Isi by’umwihariko abo muri iki gihugu.

Ingeri zitandukanye z’abantu, zari zitabiriye umuhango wo gusezera kuri Pelé ufatwa nk’umwami mu mupira w’amaguru ku Isi.

Muri uyu muhango kandi, harimo abo mu muryango w’uyu Munyabigwi muri ruhago, abana be, umugore we n’abandi bavandimwe be.

FIFA nk’urwego ruyobora umupira w’amaguru ku Isi, yemeje ko Pelé ari munyabigwi wa mbere muri ruhago mu Kinyejana cya 20.

Inkuru y’urupfu rwa Pelé yamenyekanye ku wa Kane w’icyumweru gishize, tariki 29 Ukuboza 2022. Yaguye mu bitaro biherereye mu Mujyi wa Santos mu bitaro bya Sao Paulo azize uburwayi bwa Kanseri.

Pelé yasezeweho bwa nyuma
Umuhango wo guherekeza bwa nyuma kuri Pelé

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Mu saha 100 intambara yo muri Iran yatwaye miliyali $3.7

Ni ukuvuga ko buri munsi nibura hakoreshwa miliyoni $891. Ni intambara iri…

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro itsinda ry’abayobozi muri Samruk-Kazyna, Ikigega cy’Ubukungu…

Amerika yahamije ko itazumvikana na Iran keretse nimanika amaboko

Perezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje ko nta biganiro bigamije ubwumvikane biteze…

AFC/M23 yohereje aba-comando bayo hafi ya Kisangani

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryohereje abarwanyi kabuhariwe hafi y’Ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya…

MINEMA yasabye abatuye mu manegeka kwimuka kubera imvura nyinshi

Minisitiri ushinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, Gen Maj (Rtd) Albert Murasira, yasabye Abanyarwanda kwirinda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?