BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 31, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Icyatumye Mackenzi na Hussein badakina umukino wa Rayon cyamenyekanye

Icyatumye Mackenzi na Hussein badakina umukino wa Rayon cyamenyekanye

admin
Last updated: December 28, 2022 12:50 pm
admin
Share
SHARE

Nyuma yo kudakina umukino wahuje Gasogi United na Rayon Sports, amakuru yavugaga ko ba myugariro babiri b’iyi kipe byavuzwe ko bahawe ikiruhuko bitewe n’urwego umukino wariho ariko ayavuzwe atandukanye n’ukuri guhari.

Hussein na Mackenzi ntibakinnye umukino wa Rayon kubera uburwayi

Ku munsi wa 15 wa shampiyona, ikipe ya Gasogi United yatsinze Rayon Sports igitego 1-0. Uyu mukino wari wateguwe mu buryo bukomeye ku mpande zombi, cyane ko yari amanota atatu afite igisobanuro ku makipe yombi.

Mu gutegura uyu mukino ku ruhande rwa Gasogi United, hari amakuru yavugaga ko Kakooza Nkuriza Charles uyobora iyi kipe, yahaye ikiruhuko Habimana Hussein na Twizigiyimana Karim Mackenzi ndetse akarenzaho amafaranga ibihumbi 100 Frws.

Aya makuru, atandukanye n’ukuri kuko aturuka muri ba nyiri ubwite avuga ko bombi icyatumye batagaragara ari uburwayi bafite kuko Hussein Eto’o arwaye mu ivi, mu gihe Mackenzi we kuva ku mukino wa Kiyovu Sports yagize uburwayi ku kirenge cy’iburyo ndetse nanubu gusa akaba yarivuje anatangiye koroherwa.

Amakuru UMUSEKE wamenye, ni uko ku mukino Gasogi United yatsindiyeho Rayon Sports, Hussein yari afite ikintu yambaye mu ivi kimufasha kurifata rikaguma hamwe, mu gihe Mackenzi we yatangiye gukandagira neza.

Aba bakinnyi bombi baje mu Urubambyingwe batandukanye na Rayon Sports. Ku mukino Kiyovu yatsinzwemo na Gasogi United, Mackenzi yatsinze igitego cya Gatatu.

Mackenzi aheruka kugaragara mu kibuga ku mukino Gasogi United yatsinze Kiyovu Sports

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Ndayizeye nesta hetch man says:
    December 28, 2022 at 3:21 pm

    ubwo nukurix

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Minisiteri ya Siporo yateye utwatsi ibinyoma by’uko yahagaritse amatora ya FERWAFA

2 Min Read
Imikino

AS Kigali yungutse umutoza mushya

1 Min Read
Imikino

Yanga SC yitegura Rayon Sports yabonye umutoza mushya

2 Min Read
Imikino

Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?