BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 30, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Ku myaka 26 yasezeye mu ikipe y’Igihugu ya Cameroun

Ku myaka 26 yasezeye mu ikipe y’Igihugu ya Cameroun

admin
Last updated: December 23, 2022 12:09 pm
admin
Share
SHARE

Umunyezamu w’ikipe ya Inter Milan yo mu Cyiciro cya Mbere mu Butaliyani, Andé Onana, yatangaje ko yasezeye burundu mu ikipe y’Igihugu ya Cameroun.

André Onana yatangaje ko yasezeye mu ikipe y’Igihugu ya Cameroun

Uyu munyezamu w’imyaka 26 y’amavuko, yabitangaje abicishije ku mbuga nkoranyambaga yifashishije urukuta akoresha rwa Twitter na Instagram.

Yavuze ko azakomeza kuba umufana w’ikipe y’Igihugu, agafatanya n’abanya-Cameroun barenga miliyoni 26 gushyigikira iyi kipe.

Ibi bije nyuma y’uko mu gikombe cy’Isi giheruka kubera muri Qatar, uyu munyezamu yakinnye umukino umwe gusa agahita asohorwa mu mwihorero w’ikipe y’Igihugu kubera imyitwarire mibi.

Abakurikiranira hafi iby’umupira w’amaguru hirya no hino ku Isi, bahamya ko mu gihe uyu munyezamu yakwingingwa n’inzego zirandukanye zo muri Cameroun, yakwisubiraho nk’uko byagenze ku bandi bakinnyi barimo Lionel Messi n’abandi.

Ntawe ushidikanya ku bushobozi bwe
Onana ni umunyezamu mwiza ariko ufata ibyemezo atemeranyaho na bamwe

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Minisiteri ya Siporo yateye utwatsi ibinyoma by’uko yahagaritse amatora ya FERWAFA

2 Min Read
Imikino

AS Kigali yungutse umutoza mushya

1 Min Read
Imikino

Yanga SC yitegura Rayon Sports yabonye umutoza mushya

2 Min Read
Imikino

Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?