BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 8, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Niyonizera Judith yateye ikirenge mu cya Safi Madiba

Niyonizera Judith yateye ikirenge mu cya Safi Madiba

admin
Last updated: December 20, 2022 12:15 pm
admin
Share
SHARE

Niyonizera Judith wahoze ari umugore w’umuhanzi Safi Madiba yerekanye ko agiye kwinjira mu muziki undi mwuga aje gufatanya no gukina amafilime no kumurika imideli byo asanzwe akora.

Judith yinjiye mu muziki asangamo uwahoze ari umugabo we Safi

Judith yamenyekanye ubwo yakundanaga na Safi Madiba gusa aho baje gutandukanira yatangiye kubyaza izina rye umusaruro atangira kwinjira mu bikorwa bitandukanye ariko yibanda ku myidagaduro.

Kuri ubu yamaze gushyira hanze ifoto y’integuza yerekana indirimbo yakoze. Kuri iyo foto aba arikumwe n’umusore witwa Musbe Black ukomoka muri Guinea ari nawe bafatanyije muri iyo ndirimbo yakozwe n’uwitwa Dolla Game.

Iyi ndirimbo yayihaye izina rye “My Judy.” Avuga ko izajya hanze mu mpera z’iki cyumweru. Ubutumwa bwayo buzaba buvuga ku mukobwa wimye urukundo umusore wazengurutse amahanga yose ashaka uwo bakunda. ‘Aba ari kwivuga nk’uwimye urukundo uwo musore.’

Amashusho y’iyi ndirimbo ya Judith yafatiwe muri Canada aho uyu mugore asanzwe atuye ndetse n’uyu musore ukomoka muri Guinea bayikoranye.

Musbe Black bakoranye iyi ndirimbo ntabwo ari ubwa mbere bakoranye kuko banahuriye muri Filime y’uruhererekane ya Judith yise ‘Gift of Kindness.’

Judith ateye ikirenge mu cy’uwahoze ari umugabo we Niyibikora Safi Madiba wigeze no kumukorera indirimbo bagikundana anamushyira mu mashusho yayo yise ‘Igifungo’ aho aba avuga ko niba ku mukunda ari icyaha azemera akagikora agafungwa.

Indirimbo ya Safi yaririmbiye Judith

Judith yinjiye mu muziki nyuma yo gukina Filime
My Judy niyo ndirimbo Judith agiye gusohora

KUBWIMANA BONA / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
Imyidagaduro

Urubanza rw’abakurikiranyweho gukwirakwiza amashusho ya Yampano atera akabariro rwasubitswe

2 Min Read
Imyidagaduro

Abambere basakaje amashusho ya Yampano bagejejwe imbere y’urukiko

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?