BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 30, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Maroc yaciye agahigo mu gikombe cy’Isi

Maroc yaciye agahigo mu gikombe cy’Isi

admin
Last updated: December 10, 2022 10:57 pm
admin
Share
SHARE

Nyuma yo gusezerera ikipe y’igihugu ya Portugal muri ¼ cy’igikombe cy’Isi, ikipe y’igihugu ya Maroc yahise iba iya mbere yo ku mugabane wa Afurika ibigezeho.

Maroc yakoze amateka mu gikombe cy’Is kiri kubera muri Qatar

Ni umukino watangiye Saa kumi n’imwe z’amanywa, ubera kuri Al Thumama Stadium yakira abantu ibihumbi 44.198.

Muri uyu mukino, ikipe y’igihugu ya Maroc yakoze uburyo butandukanye bwo kubona igitego hakiri kare, biranayikundira ikibona ku munota wa 42 cyatsinzwe na Youssef En-Nesyri ku mupira yari ahawe na Yahia Attiyat-Allah.

Ibi byahise bituma Maroc iba igihugu cya mbere mu mateka ya Afurika, kigeze muri ½ cy’igikombe cy’Isi. Ibindi bihugu byo kuri uyu mugabane byageze kure ni Cameroun, Ghana na Sénégal byose byageze muri ¼ ariko ntibaharenga kuko byahise bisezererw.

Umutoza w’Umunya-Maroc utoza ikipe y’igihugu cye, Walid Regragui, yabaye umutoza wa mbere uciye aka gahigo.

Muri ½, ikipe y’igihugu ya Maroc izahura n’u Bufaransa bwasezereye u Bwongereza nyuma yo kubutsinda ibitego 2-1, mu gihe Croiatia yasezereye Brésil yo izahura na Argentine yasezereye u Buholande.

Youssef En-Nesyri yaraje neza Abanya-Maroc

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • kabano jmv says:
    December 11, 2022 at 6:21 pm

    tugomba kwishima

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Minisiteri ya Siporo yateye utwatsi ibinyoma by’uko yahagaritse amatora ya FERWAFA

2 Min Read
Imikino

AS Kigali yungutse umutoza mushya

1 Min Read
Imikino

Yanga SC yitegura Rayon Sports yabonye umutoza mushya

2 Min Read
Imikino

Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?