BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Mar 12, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Maroc yaciye agahigo mu gikombe cy’Isi

Maroc yaciye agahigo mu gikombe cy’Isi

admin
Last updated: December 10, 2022 10:57 pm
admin
Share
SHARE

Nyuma yo gusezerera ikipe y’igihugu ya Portugal muri ¼ cy’igikombe cy’Isi, ikipe y’igihugu ya Maroc yahise iba iya mbere yo ku mugabane wa Afurika ibigezeho.

Maroc yakoze amateka mu gikombe cy’Is kiri kubera muri Qatar

Ni umukino watangiye Saa kumi n’imwe z’amanywa, ubera kuri Al Thumama Stadium yakira abantu ibihumbi 44.198.

Muri uyu mukino, ikipe y’igihugu ya Maroc yakoze uburyo butandukanye bwo kubona igitego hakiri kare, biranayikundira ikibona ku munota wa 42 cyatsinzwe na Youssef En-Nesyri ku mupira yari ahawe na Yahia Attiyat-Allah.

Ibi byahise bituma Maroc iba igihugu cya mbere mu mateka ya Afurika, kigeze muri ½ cy’igikombe cy’Isi. Ibindi bihugu byo kuri uyu mugabane byageze kure ni Cameroun, Ghana na Sénégal byose byageze muri ¼ ariko ntibaharenga kuko byahise bisezererw.

Umutoza w’Umunya-Maroc utoza ikipe y’igihugu cye, Walid Regragui, yabaye umutoza wa mbere uciye aka gahigo.

Muri ½, ikipe y’igihugu ya Maroc izahura n’u Bufaransa bwasezereye u Bwongereza nyuma yo kubutsinda ibitego 2-1, mu gihe Croiatia yasezereye Brésil yo izahura na Argentine yasezereye u Buholande.

Youssef En-Nesyri yaraje neza Abanya-Maroc

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • kabano jmv says:
    December 11, 2022 at 6:21 pm

    tugomba kwishima

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

General Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Burundi kuva muri Kamena 2020…

UNICEF yatangaje akababaro irimo kubera umukozi wayo wiciye i Goma

Ishami rya ONU ryita ku bana ryatangaje ko “ribabajwe kandi rishenguwe n’urupfu…

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

Perezida Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri yagiranye ibiganiro…

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB)…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?