BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Maroc yaciye agahigo mu gikombe cy’Isi

Maroc yaciye agahigo mu gikombe cy’Isi

admin
Last updated: December 10, 2022 10:57 pm
admin
Share
SHARE

Nyuma yo gusezerera ikipe y’igihugu ya Portugal muri ¼ cy’igikombe cy’Isi, ikipe y’igihugu ya Maroc yahise iba iya mbere yo ku mugabane wa Afurika ibigezeho.

Maroc yakoze amateka mu gikombe cy’Is kiri kubera muri Qatar

Ni umukino watangiye Saa kumi n’imwe z’amanywa, ubera kuri Al Thumama Stadium yakira abantu ibihumbi 44.198.

Muri uyu mukino, ikipe y’igihugu ya Maroc yakoze uburyo butandukanye bwo kubona igitego hakiri kare, biranayikundira ikibona ku munota wa 42 cyatsinzwe na Youssef En-Nesyri ku mupira yari ahawe na Yahia Attiyat-Allah.

Ibi byahise bituma Maroc iba igihugu cya mbere mu mateka ya Afurika, kigeze muri ½ cy’igikombe cy’Isi. Ibindi bihugu byo kuri uyu mugabane byageze kure ni Cameroun, Ghana na Sénégal byose byageze muri ¼ ariko ntibaharenga kuko byahise bisezererw.

Umutoza w’Umunya-Maroc utoza ikipe y’igihugu cye, Walid Regragui, yabaye umutoza wa mbere uciye aka gahigo.

Muri ½, ikipe y’igihugu ya Maroc izahura n’u Bufaransa bwasezereye u Bwongereza nyuma yo kubutsinda ibitego 2-1, mu gihe Croiatia yasezereye Brésil yo izahura na Argentine yasezereye u Buholande.

Youssef En-Nesyri yaraje neza Abanya-Maroc

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • kabano jmv says:
    December 11, 2022 at 6:21 pm

    tugomba kwishima

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

RDC igiye gusaba Uganda ibisobanuro ku ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwateguje ko buzasaba Uganda ibisobanuro…

Muri Kanama ab’i Kigali bazajya babona amazi mu minsi 2 aho kuba 5-WASAC

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi Isuku n’Isukura, WASAC cyijeje abatuye mu Mujyi wa…

DRC : Kiliziya gatorika ntiyozeye ko amasezerano y’u Rwanda na Congo ko atazakemura ikibazo mu mizi

Umuyobozi mukuru w’Inama y’Abepisikopi muri Congo Kinshasa, Musenyeri Donatien Nshole avuga ko…

Perezida wa Botswana yahigiye guhura na Trump, akamwemeza

Perezida Gideon Duma Boko wa Botswana yahigiye guhura na Donald Trump uyobora…

Perezida Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya

Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, akaba ari n’umwe mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

2 Min Read
Imikino

FIFA yateguye igikorwa cyo guha icyubahiro Diego Jota

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?