BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Mar 13, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Abantu 25 bafunzwe bashaka guhirika ubutegetsi mu Budage

Abantu 25 bafunzwe bashaka guhirika ubutegetsi mu Budage

admin
Last updated: December 7, 2022 12:23 pm
admin
Share
SHARE

Polisi yo mu gihugu cy’u Budage yataye muri yombi abantu 25 bateguraga Coup d’Etat yo kuvanaho guverinoma iriho ku mugambi w’igikomangoma Heinrich XIII.

Polisi yataye muri yombi abashakaga guhirika ubutegetsi mu Budage

Nk’uko tubikesha BBC, aba bantu bafashwe biganjemo abahoze mu gisirikare, Inteko Ishinga amategeko na bamwe mu bagize ishyaka rya Reichsbürger.

Uyu mugambi wapfubijwe wo guhirika ubutegetsi mu Budage, ukaba wategurwaga ku isonga n’igikomangoma Heinrich XIII w’imyaka 71, uyu akaba  umuhungu wa Heinrich XI, ni mu gihe amakuru aturuka mu bitangazamakuru byo mu Budage byemeza ko yakoranye n’abayobozi bakuru muri leta 11 zo muri iki gihugu.

Uyu mugambi wo guhirika ubutegetsi kandi ushyizwe imbere na bamwe mu bo mu ishyaka ry’abaturage rya Riech, aho bagiye bagaragaza kenshi amatwara yo kuzana ubutegetsi bushya mu Budage.

Uretse aba bantu 25 bamaze gutabwa muri yombi na Polisi, hari abandi bagera kuri 50 bari inyuma y’uyu mugambo, aho ubushinjacyaha bwemejeko nabo bagomba kubazwa.

Minisitiri w’Ubutabera mu Budage, Marco Buschmann abinyujije kuri Twitter yavuze ko aba bantu bafashwe kandi bari gukorwaho iperereza kuko bashakaga kubangamira itegeko nshinga ry’iki gihugu.

Uyu mugambi ukaba wari umaze igihe utegurwa kuko wapanzwe kuva mu Ugushyingo 2021, aho bateguraga gufata mpiri ubutegetsi bifashishije bamwe mu bahoze mu gisirikare, ndetse igikomangoma Heinrich akaba aricyo kijya ku butegetsi.

NKURUNZIZA Jean Baptiste/ UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Q says:
    December 7, 2022 at 10:53 pm

    Yeweeee!!ruri hose !!

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

1 Min Read
Mu mahanga

UNICEF yatangaje akababaro irimo kubera umukozi wayo wiciye i Goma

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
Mu mahanga

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?