BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 17, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Jiang Zemin wayoboye Ubushinwa yapfuye

Jiang Zemin wayoboye Ubushinwa yapfuye

admin
Last updated: November 30, 2022 12:55 pm
admin
Share
SHARE

Uwahoze ari Perezida w’Ubushinwa, Jiang Zemin, kuri uyu wa gatatu tariki 30 Ugushyingo 2022 yapfuye afite imyaka 96.

Jiang Zemim wayoboye Ubushinwa yapfuye

Itangazamakuru rya Leta y’Ubushinwa ryatangaje ko uyu mugabo yapfuye nyuma ya saa sita i Shanghai.

Ishyaka rya Gikomunisiti ry’Abashinwa ryavuze ko yapfuye azize indwara ya Leukemia no kunanirwa kw’ingingo nyinshi.

Bongeyeho ko yamenyekanye “nk’umuyobozi w’indashyikirwa ufite icyubahiro cyinshi n’umurwanyi w’Abakomunisiti umaze igihe kinini”.

Jiang Zemin yabaye Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka rya Gikomunisiti ry’Abashinwa kuva 1989 kugeza 2022.

Yabaye umuyobozi wa komisiyo nkuru ya gisirikare kuva 1989 kugeza 2004, ndetse na perezida w’Ubushinwa kuva 1993 kugeza 2003.

Jiang yari ahagarariye “intangiriro y’igisekuru cya gatatu” cy’abayobozi ba CCP kuva mu 1989.

Jiang yazamutse mu butegetsi mu buryo butunguranye nyuma y’imyigaragambyo y’i Tiananmen Square mu 1989.

Ku buyobozi bwa Jiang, Ubushinwa bwagize iterambere ryinshi mu bukungu no gukomeza ivugurura ry’isoko Mpuzamahanga.

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Perezida Trump yasabye ubufasha Ibihugu by’inshuti bimwe bibutera utwatsi

Perezida Donald Trump yasabye ubufasha Ibihugu by’inshuti za Leta Zunze Ubumwe za…

Abasirikare b’u Rwanda bari bagiye gutanga ubutabazi muri Jamaica bagarukanye ishema

Abasirikare mu Ngabo z’u Rwanda bari berecyeje muri Jamaica mu butumwa bw’ubutabazi…

Madagascar yashyizeho Minisitiri w’Intebe nyuma yo gusesa Guverinoma

Perezida wa Madagascar, Col. Michael Randrianirina yatangaje ko Mamitiana Rajaonarison ari we…

Kenya yemeje ko u Burusiya butazongera kujyana abenegihugu bayo mu ntambara yo muri Ukraine

Minisitiri w’Intebe wa Kenya akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Musalia Mudavadi, yatangaje…

Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyakangaranyije u Buyapani na Koreya y’Epfo. Hari…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

1 Min Read
Mu mahanga

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

1 Min Read
Mu mahanga

UNICEF yatangaje akababaro irimo kubera umukozi wayo wiciye i Goma

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?