BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 15, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Jiang Zemin wayoboye Ubushinwa yapfuye

Jiang Zemin wayoboye Ubushinwa yapfuye

admin
Last updated: November 30, 2022 12:55 pm
admin
Share
SHARE

Uwahoze ari Perezida w’Ubushinwa, Jiang Zemin, kuri uyu wa gatatu tariki 30 Ugushyingo 2022 yapfuye afite imyaka 96.

Jiang Zemim wayoboye Ubushinwa yapfuye

Itangazamakuru rya Leta y’Ubushinwa ryatangaje ko uyu mugabo yapfuye nyuma ya saa sita i Shanghai.

Ishyaka rya Gikomunisiti ry’Abashinwa ryavuze ko yapfuye azize indwara ya Leukemia no kunanirwa kw’ingingo nyinshi.

Bongeyeho ko yamenyekanye “nk’umuyobozi w’indashyikirwa ufite icyubahiro cyinshi n’umurwanyi w’Abakomunisiti umaze igihe kinini”.

Jiang Zemin yabaye Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka rya Gikomunisiti ry’Abashinwa kuva 1989 kugeza 2022.

Yabaye umuyobozi wa komisiyo nkuru ya gisirikare kuva 1989 kugeza 2004, ndetse na perezida w’Ubushinwa kuva 1993 kugeza 2003.

Jiang yari ahagarariye “intangiriro y’igisekuru cya gatatu” cy’abayobozi ba CCP kuva mu 1989.

Jiang yazamutse mu butegetsi mu buryo butunguranye nyuma y’imyigaragambyo y’i Tiananmen Square mu 1989.

Ku buyobozi bwa Jiang, Ubushinwa bwagize iterambere ryinshi mu bukungu no gukomeza ivugurura ry’isoko Mpuzamahanga.

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Ubutegetsi bwa Perezida Suluhu bwahakanye gufunga Dr. Mpango wari Visi Perezida

2 Min Read
Politike

Urunturuntu no gucikamo ibice kw’ ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi 

3 Min Read
Mu mahanga

Twirwaneho yasobanuye icyayiteye guhanura kajugujugu y’abacanshuro

3 Min Read
Mu mahanga

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?