BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 31, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Sitting Volleyball: U Rwanda rwatangiye neza mu gikombe cy’Isi

Sitting Volleyball: U Rwanda rwatangiye neza mu gikombe cy’Isi

admin
Last updated: November 4, 2022 11:36 pm
admin
Share
SHARE

Mu mikino ya nyuma y’Igikombe cy’Isi ya Volleyball y’abafite ubumuga iri kubera mu gihugu cya Bosnie-Hérzegovine, ikipe y’Igihugu y’u Rwanda mu bagore yatangiye itsinda umukino wa Mbere.

U Rwanda rwatangiye rutsinda mu gikombe cy’Isi cya Sitting Volleyball

Kuri uyu wa Gatanu ni bwo hatangiye imikino ya nyuma y’Igikombe cy’Isi muri Sitting Volleyball mu bagore n’abagabo.

Mu bagore, u Rwatangiye rukina na Pologne ndetse ruyitsinda amaseti 3-1. Basaza babo bo batsindwaga na Ukraine amaseti 3-0.

Ubwo u Rwanda rwajyaga guhaguruka rwerekeza muri iyi mikino, ubuyobozi bw’Ishyirahamwe Nyarwanda ry’imikino y’Abafite Ubumuga, bwavuze ko ikiburaje inshinga ari ukuzageza ikipe muri 1/4 cy’irangiza.

U Rwanda ruzakina umukino warwo ejo kuwa Gatandatu.

Biteganyijwe ko iyi mikino izarangira tariki 11 uku kwezi.

Intsinzi yararimbwe karahava!
Ni umukino utagoye u Rwanda mu bagore
Basaza babo ntabwo byari bimeze neza

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Minisiteri ya Siporo yateye utwatsi ibinyoma by’uko yahagaritse amatora ya FERWAFA

2 Min Read
Imikino

AS Kigali yungutse umutoza mushya

1 Min Read
Imikino

Yanga SC yitegura Rayon Sports yabonye umutoza mushya

2 Min Read
Imikino

Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?