BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Sitting Volleyball: U Rwanda rwatangiye neza mu gikombe cy’Isi

Sitting Volleyball: U Rwanda rwatangiye neza mu gikombe cy’Isi

admin
Last updated: November 4, 2022 11:36 pm
admin
Share
SHARE

Mu mikino ya nyuma y’Igikombe cy’Isi ya Volleyball y’abafite ubumuga iri kubera mu gihugu cya Bosnie-Hérzegovine, ikipe y’Igihugu y’u Rwanda mu bagore yatangiye itsinda umukino wa Mbere.

U Rwanda rwatangiye rutsinda mu gikombe cy’Isi cya Sitting Volleyball

Kuri uyu wa Gatanu ni bwo hatangiye imikino ya nyuma y’Igikombe cy’Isi muri Sitting Volleyball mu bagore n’abagabo.

Mu bagore, u Rwatangiye rukina na Pologne ndetse ruyitsinda amaseti 3-1. Basaza babo bo batsindwaga na Ukraine amaseti 3-0.

Ubwo u Rwanda rwajyaga guhaguruka rwerekeza muri iyi mikino, ubuyobozi bw’Ishyirahamwe Nyarwanda ry’imikino y’Abafite Ubumuga, bwavuze ko ikiburaje inshinga ari ukuzageza ikipe muri 1/4 cy’irangiza.

U Rwanda ruzakina umukino warwo ejo kuwa Gatandatu.

Biteganyijwe ko iyi mikino izarangira tariki 11 uku kwezi.

Intsinzi yararimbwe karahava!
Ni umukino utagoye u Rwanda mu bagore
Basaza babo ntabwo byari bimeze neza

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

RDC igiye gusaba Uganda ibisobanuro ku ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwateguje ko buzasaba Uganda ibisobanuro…

Muri Kanama ab’i Kigali bazajya babona amazi mu minsi 2 aho kuba 5-WASAC

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi Isuku n’Isukura, WASAC cyijeje abatuye mu Mujyi wa…

DRC : Kiliziya gatorika ntiyozeye ko amasezerano y’u Rwanda na Congo ko atazakemura ikibazo mu mizi

Umuyobozi mukuru w’Inama y’Abepisikopi muri Congo Kinshasa, Musenyeri Donatien Nshole avuga ko…

Perezida wa Botswana yahigiye guhura na Trump, akamwemeza

Perezida Gideon Duma Boko wa Botswana yahigiye guhura na Donald Trump uyobora…

Perezida Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya

Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, akaba ari n’umwe mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

2 Min Read
Imikino

FIFA yateguye igikorwa cyo guha icyubahiro Diego Jota

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?