BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > IPRC Kigali yafunzwe by’agateganyo kubera ubujura

IPRC Kigali yafunzwe by’agateganyo kubera ubujura

admin
Last updated: October 23, 2022 3:30 pm
admin
Share
SHARE

Minisiteri y’Uburezi yahagaritse by’agateganyo ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro rya IPRC Kigali kubera ikibazo cy’ubujuru n’imyitwarire mibi byahagaragaye.

IPRC Kigali yafunzwe by’agateganyo

Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Uburezi kuri iki  Cyumweru, tariki 23 Ukwakira 2022 rivuga ko IPRC Kigali ifunzwe mu gihe cy’ibyumweru bibiri kugirango iperereza kuri ubu bujura rikorwe neza.

Bagize bati “Nyuma y’icyemezo cya Guverinoma y’u Rwanda, Minisiteri y’Uburezi iramenyesha abanyeshuri, abakozi b’ishuri rya RP-IPRC ishami rya Kigali ndetse ‘abaturarwanda muri rusange ko iryo shuri rifunze by’agateganyo mu gihe cy’ibyumweru bibiri, uhereye nonaha, kugirango iperereza rijyanye n’ubujura n’imyitwarire mibi yo kwiha umutungo rusange wa Leta ririmo gukorwa rikomeze nta nkomyi.”

Minisiteri y’Uburezi ikaba yamenyesheje abantu ko ntamuntu wemewe kwinjira muri iri shuri, abanyeshuri bari mu kigo bakaba bari bufashwaekugera iwabo. Bongeye gusaba abafite amakuru yafasha iperereza kuba bayatanga kuri RIB ibegereye.

Ubwo  iri tangazo ryajyaga ahagaragara, UMUSEKE wagerageje kuvugisha bamwe mu bari mu kigo ariko bavuze ko nabo batunguwe n’iri tangazo rihagarika iri shuri kuko nta makuru bafite kuri ubu bujura.

Itangazo rifunga IPRC Kigali

NKURUNZIZA Jean Baptiste/ UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
2 Comments
  • Jjambo says:
    October 23, 2022 at 5:04 pm

    IPRC muyisubize abapadiri

    Reply
  • Pingback: Batatu barafunzwe muri IPRC Kigali ! Menya amakosa arindimuye iri shuri – Umuseke

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
Politike

Qatar yagennye Ambasaderi mushya mu Rwanda usimbura uwitabye imana 

1 Min Read
Politike

U Rwanda rwakiriye abanyarwanda 200 batahutse bavuye muri RDC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?