BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Mar 13, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > IPRC Kigali yafunzwe by’agateganyo kubera ubujura

IPRC Kigali yafunzwe by’agateganyo kubera ubujura

admin
Last updated: October 23, 2022 3:30 pm
admin
Share
SHARE

Minisiteri y’Uburezi yahagaritse by’agateganyo ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro rya IPRC Kigali kubera ikibazo cy’ubujuru n’imyitwarire mibi byahagaragaye.

IPRC Kigali yafunzwe by’agateganyo

Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Uburezi kuri iki  Cyumweru, tariki 23 Ukwakira 2022 rivuga ko IPRC Kigali ifunzwe mu gihe cy’ibyumweru bibiri kugirango iperereza kuri ubu bujura rikorwe neza.

Bagize bati “Nyuma y’icyemezo cya Guverinoma y’u Rwanda, Minisiteri y’Uburezi iramenyesha abanyeshuri, abakozi b’ishuri rya RP-IPRC ishami rya Kigali ndetse ‘abaturarwanda muri rusange ko iryo shuri rifunze by’agateganyo mu gihe cy’ibyumweru bibiri, uhereye nonaha, kugirango iperereza rijyanye n’ubujura n’imyitwarire mibi yo kwiha umutungo rusange wa Leta ririmo gukorwa rikomeze nta nkomyi.”

Minisiteri y’Uburezi ikaba yamenyesheje abantu ko ntamuntu wemewe kwinjira muri iri shuri, abanyeshuri bari mu kigo bakaba bari bufashwaekugera iwabo. Bongeye gusaba abafite amakuru yafasha iperereza kuba bayatanga kuri RIB ibegereye.

Ubwo  iri tangazo ryajyaga ahagaragara, UMUSEKE wagerageje kuvugisha bamwe mu bari mu kigo ariko bavuze ko nabo batunguwe n’iri tangazo rihagarika iri shuri kuko nta makuru bafite kuri ubu bujura.

Itangazo rifunga IPRC Kigali

NKURUNZIZA Jean Baptiste/ UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
2 Comments
  • Jjambo says:
    October 23, 2022 at 5:04 pm

    IPRC muyisubize abapadiri

    Reply
  • Pingback: Batatu barafunzwe muri IPRC Kigali ! Menya amakosa arindimuye iri shuri – Umuseke

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Politike

AFC/M23 igiye kurekura abasirikare 230 ba RDC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?