BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > IPRC Kigali yafunzwe by’agateganyo kubera ubujura

IPRC Kigali yafunzwe by’agateganyo kubera ubujura

admin
Last updated: October 23, 2022 3:30 pm
admin
Share
SHARE

Minisiteri y’Uburezi yahagaritse by’agateganyo ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro rya IPRC Kigali kubera ikibazo cy’ubujuru n’imyitwarire mibi byahagaragaye.

IPRC Kigali yafunzwe by’agateganyo

Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Uburezi kuri iki  Cyumweru, tariki 23 Ukwakira 2022 rivuga ko IPRC Kigali ifunzwe mu gihe cy’ibyumweru bibiri kugirango iperereza kuri ubu bujura rikorwe neza.

Bagize bati “Nyuma y’icyemezo cya Guverinoma y’u Rwanda, Minisiteri y’Uburezi iramenyesha abanyeshuri, abakozi b’ishuri rya RP-IPRC ishami rya Kigali ndetse ‘abaturarwanda muri rusange ko iryo shuri rifunze by’agateganyo mu gihe cy’ibyumweru bibiri, uhereye nonaha, kugirango iperereza rijyanye n’ubujura n’imyitwarire mibi yo kwiha umutungo rusange wa Leta ririmo gukorwa rikomeze nta nkomyi.”

Minisiteri y’Uburezi ikaba yamenyesheje abantu ko ntamuntu wemewe kwinjira muri iri shuri, abanyeshuri bari mu kigo bakaba bari bufashwaekugera iwabo. Bongeye gusaba abafite amakuru yafasha iperereza kuba bayatanga kuri RIB ibegereye.

Ubwo  iri tangazo ryajyaga ahagaragara, UMUSEKE wagerageje kuvugisha bamwe mu bari mu kigo ariko bavuze ko nabo batunguwe n’iri tangazo rihagarika iri shuri kuko nta makuru bafite kuri ubu bujura.

Itangazo rifunga IPRC Kigali

NKURUNZIZA Jean Baptiste/ UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
2 Comments
  • Jjambo says:
    October 23, 2022 at 5:04 pm

    IPRC muyisubize abapadiri

    Reply
  • Pingback: Batatu barafunzwe muri IPRC Kigali ! Menya amakosa arindimuye iri shuri – Umuseke

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

RDC igiye gusaba Uganda ibisobanuro ku ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwateguje ko buzasaba Uganda ibisobanuro…

Muri Kanama ab’i Kigali bazajya babona amazi mu minsi 2 aho kuba 5-WASAC

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi Isuku n’Isukura, WASAC cyijeje abatuye mu Mujyi wa…

DRC : Kiliziya gatorika ntiyozeye ko amasezerano y’u Rwanda na Congo ko atazakemura ikibazo mu mizi

Umuyobozi mukuru w’Inama y’Abepisikopi muri Congo Kinshasa, Musenyeri Donatien Nshole avuga ko…

Perezida wa Botswana yahigiye guhura na Trump, akamwemeza

Perezida Gideon Duma Boko wa Botswana yahigiye guhura na Donald Trump uyobora…

Perezida Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya

Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, akaba ari n’umwe mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu

3 Min Read
Politike

Imipaka ihuza Uganda n’ibice bya DRC bigenzurwa na AFC/M23 yafunguwe

2 Min Read
Politike

Intumwa za AFC/M23 na Leta ya RDC basubiye KU meza y’ibiganiro i Doha muri Qatar 

1 Min Read
Politike

U Rwanda rufite ikizere cy’uko amasezerano rwasinyanye na DRC azatanga umusaruro

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?