BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 31, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Ingabo z’u Rwanda zatahuye ubundi bubiko bw’intwazo

Ingabo z’u Rwanda zatahuye ubundi bubiko bw’intwazo

admin
Last updated: October 22, 2022 4:02 am
admin
Share
SHARE

Abasirikare b’u Rwanda bari muri Mozambique batahuye ububiko bw’intwaro ahohoze ibirindiro by’ibyihebe, hitwa Mbau mu Ntara ya Cabo Delgado.

Intwaro ingabo z’u Rwanda zatahuye mu ishyamba ryahoze ari indiri y’ibyihebe

Ku wa Gatanu ingabo z’u Rwanda zavuze ko zavumbuye ububiko bw’ibikoresho byahishwe n’ibyihebe bya Ansar Al Sunnah Wa Jammah.

Ubu bubiko bwa kabiri ingabo z’u Rwanda zivumbuye bwari ahitwa Miloli, ahahoze icyicaro gikuru cy’ibyihebe mu ishyamba ryitwa Limala, mu majyepfo y’uburasirazuba bw’akarere ka Mocimboa da Praia.

Aka gace kasanzwemo ububiko kahoze ari indiri ya biriya byihebe nk’uko ingabo z’u Rwanda zibivuga, ariko ziza kuhabirukana zifatanyije n’ingabo za Mozambique muri Kanama, 2021.

Inkuru iri ku rubuga rw’ingabo z’u Rwanda, ivuga ko hari amakuru y’uko ibyihebe bya Ansar Al Sunnah Wa Jammah (IS Mozambique) byagerageje kugaruka gutwara ziriya ntwaro ariko ntibyabahira.

Hashize igihe gito ingabo z’u Rwanda zitangaje ko zavumbuye ububiko bw’intwaro nini n’into zakoreshwaga n’ibyihebe.

Ingabo z’u Rwanda zavumbuye ububiko bw’intwaro z’ibyihebe

IVOMO: MoD

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Uhagarariye Uganda i Kinshasa yahamagajwe gusobanura iby’ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

1 Min Read
Politike

Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu

3 Min Read
Politike

Imipaka ihuza Uganda n’ibice bya DRC bigenzurwa na AFC/M23 yafunguwe

2 Min Read
Politike

Intumwa za AFC/M23 na Leta ya RDC basubiye KU meza y’ibiganiro i Doha muri Qatar 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?