BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Nov 16, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Ingabo z’u Rwanda zatahuye ubundi bubiko bw’intwazo

Ingabo z’u Rwanda zatahuye ubundi bubiko bw’intwazo

admin
Last updated: October 22, 2022 4:02 am
admin
Share
SHARE

Abasirikare b’u Rwanda bari muri Mozambique batahuye ububiko bw’intwaro ahohoze ibirindiro by’ibyihebe, hitwa Mbau mu Ntara ya Cabo Delgado.

Intwaro ingabo z’u Rwanda zatahuye mu ishyamba ryahoze ari indiri y’ibyihebe

Ku wa Gatanu ingabo z’u Rwanda zavuze ko zavumbuye ububiko bw’ibikoresho byahishwe n’ibyihebe bya Ansar Al Sunnah Wa Jammah.

Ubu bubiko bwa kabiri ingabo z’u Rwanda zivumbuye bwari ahitwa Miloli, ahahoze icyicaro gikuru cy’ibyihebe mu ishyamba ryitwa Limala, mu majyepfo y’uburasirazuba bw’akarere ka Mocimboa da Praia.

Aka gace kasanzwemo ububiko kahoze ari indiri ya biriya byihebe nk’uko ingabo z’u Rwanda zibivuga, ariko ziza kuhabirukana zifatanyije n’ingabo za Mozambique muri Kanama, 2021.

Inkuru iri ku rubuga rw’ingabo z’u Rwanda, ivuga ko hari amakuru y’uko ibyihebe bya Ansar Al Sunnah Wa Jammah (IS Mozambique) byagerageje kugaruka gutwara ziriya ntwaro ariko ntibyabahira.

Hashize igihe gito ingabo z’u Rwanda zitangaje ko zavumbuye ububiko bw’intwaro nini n’into zakoreshwaga n’ibyihebe.

Ingabo z’u Rwanda zavumbuye ububiko bw’intwaro z’ibyihebe

IVOMO: MoD

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Musanze: Polisi yafunze uwengaga umutobe wiswe ‘Ndakubiwe’, imena litiro 80 zawo

Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru, ku bufatanye n’abaturage bo mu Murenge…

Ruhango: Umugabo yatawe muri yombi akekwaho ubujura bw’insinga z’amashanyarazi

Polisi ikorera mu Murenge wa Kabagari mu Karere ka Ruhango ku bufatanye…

Leta ya DRC na AFC/M23 bateye intambe ikomeye izabafasha kubera ku mahoro arambye

Abahagarariye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 riburwanya, bashyize…

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

1 Min Read
Politike

Amb Col (Rtd) Ndamage yashyikirije Umwami wa Eswatini impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu.

1 Min Read
Politike

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

3 Min Read
Politike

Perezida Ndayishimiye yikanze coup d’Etat asubika urugendo rw’i Paris igitaraganya 

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?