BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Ingabo z’u Rwanda zatahuye ubundi bubiko bw’intwazo

Ingabo z’u Rwanda zatahuye ubundi bubiko bw’intwazo

admin
Last updated: October 22, 2022 4:02 am
admin
Share
SHARE

Abasirikare b’u Rwanda bari muri Mozambique batahuye ububiko bw’intwaro ahohoze ibirindiro by’ibyihebe, hitwa Mbau mu Ntara ya Cabo Delgado.

Intwaro ingabo z’u Rwanda zatahuye mu ishyamba ryahoze ari indiri y’ibyihebe

Ku wa Gatanu ingabo z’u Rwanda zavuze ko zavumbuye ububiko bw’ibikoresho byahishwe n’ibyihebe bya Ansar Al Sunnah Wa Jammah.

Ubu bubiko bwa kabiri ingabo z’u Rwanda zivumbuye bwari ahitwa Miloli, ahahoze icyicaro gikuru cy’ibyihebe mu ishyamba ryitwa Limala, mu majyepfo y’uburasirazuba bw’akarere ka Mocimboa da Praia.

Aka gace kasanzwemo ububiko kahoze ari indiri ya biriya byihebe nk’uko ingabo z’u Rwanda zibivuga, ariko ziza kuhabirukana zifatanyije n’ingabo za Mozambique muri Kanama, 2021.

Inkuru iri ku rubuga rw’ingabo z’u Rwanda, ivuga ko hari amakuru y’uko ibyihebe bya Ansar Al Sunnah Wa Jammah (IS Mozambique) byagerageje kugaruka gutwara ziriya ntwaro ariko ntibyabahira.

Hashize igihe gito ingabo z’u Rwanda zitangaje ko zavumbuye ububiko bw’intwaro nini n’into zakoreshwaga n’ibyihebe.

Ingabo z’u Rwanda zavumbuye ububiko bw’intwaro z’ibyihebe

IVOMO: MoD

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

RDC igiye gusaba Uganda ibisobanuro ku ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwateguje ko buzasaba Uganda ibisobanuro…

Muri Kanama ab’i Kigali bazajya babona amazi mu minsi 2 aho kuba 5-WASAC

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi Isuku n’Isukura, WASAC cyijeje abatuye mu Mujyi wa…

DRC : Kiliziya gatorika ntiyozeye ko amasezerano y’u Rwanda na Congo ko atazakemura ikibazo mu mizi

Umuyobozi mukuru w’Inama y’Abepisikopi muri Congo Kinshasa, Musenyeri Donatien Nshole avuga ko…

Perezida wa Botswana yahigiye guhura na Trump, akamwemeza

Perezida Gideon Duma Boko wa Botswana yahigiye guhura na Donald Trump uyobora…

Perezida Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya

Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, akaba ari n’umwe mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu

3 Min Read
Politike

Imipaka ihuza Uganda n’ibice bya DRC bigenzurwa na AFC/M23 yafunguwe

2 Min Read
Politike

Intumwa za AFC/M23 na Leta ya RDC basubiye KU meza y’ibiganiro i Doha muri Qatar 

1 Min Read
Politike

U Rwanda rufite ikizere cy’uko amasezerano rwasinyanye na DRC azatanga umusaruro

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?