BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 30, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Madagascar yirukanye Minisitiri watoye umwanzuro urengera Ukraine

Madagascar yirukanye Minisitiri watoye umwanzuro urengera Ukraine

admin
Last updated: October 20, 2022 8:53 pm
admin
Share
SHARE

Perezida Andriy Rajoelina wa Madagascar yirukanye Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga amushinja gutora muri Loni (UN) umwanzuro wamagana Uburusiya kuba bwariyometseho uduce twahoze ari utwa Ukraine.

Minisitiri Richard Randriamandranto, yirukanywe ku mwanya we azira gutora ashyigikira Ukraine

Madagascar ni kimwe mu bihugu 142 biherutse gutora muri Loni byamagana ko uduce Uburusiya buherutse kwiyomekaho uduce twahoze kuri Ukraine.

Mu myanzuro yagiye ifatirwa muri Loni mu minsi ishize, Madagascar yagiye yifata, ikanga kugira uruhande ibogamiraho.

AFP yatangaje ko Minisitiri Richard Randriamandranto, yirukanywe ku mwanya we azira gutora ashyigikira Ukraine.

Ibiro ntaramakuru byUbwongereza (Reuteurs) bivuga ko mbere yo kujya gutora muri Loni, Richard Randriamandranto, nta wundi muntu muri Guverinoma bigeze babiganiraho.

Ibihugu byiganjemo ibyo muri Afurika byamaganye icyemezo cy’Uburusiya cyo kwiyomekaho tumwe mu duce twa Ukraine.

Ibihugu nka Belarus, Korea ya Ruguru, Nicaragua, Uburusiya, na Syria nibyo byashyigikiye Uburusiya kuri uwo mwanzuro.

TUYISHIMIRE Raymond /UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Hagiye kuba inama Yiga Uko Isi Yose Yakwemera Leta Ya Palestine nk’igihugu

3 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 yanenze Radio Okapi n’ibindi bitangazamakuru bibogamira ku nkuru ziyisebya 

3 Min Read
Mu mahanga

Nigeria yiyongereye mu bihugu byifuza kwakira Formula One

1 Min Read
Mu mahanga

Kwegura kwa Visi Perezida w’u Buhinde byateje impaka n’urujijo

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?