BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Nov 16, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Madagascar yirukanye Minisitiri watoye umwanzuro urengera Ukraine

Madagascar yirukanye Minisitiri watoye umwanzuro urengera Ukraine

admin
Last updated: October 20, 2022 8:53 pm
admin
Share
SHARE

Perezida Andriy Rajoelina wa Madagascar yirukanye Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga amushinja gutora muri Loni (UN) umwanzuro wamagana Uburusiya kuba bwariyometseho uduce twahoze ari utwa Ukraine.

Minisitiri Richard Randriamandranto, yirukanywe ku mwanya we azira gutora ashyigikira Ukraine

Madagascar ni kimwe mu bihugu 142 biherutse gutora muri Loni byamagana ko uduce Uburusiya buherutse kwiyomekaho uduce twahoze kuri Ukraine.

Mu myanzuro yagiye ifatirwa muri Loni mu minsi ishize, Madagascar yagiye yifata, ikanga kugira uruhande ibogamiraho.

AFP yatangaje ko Minisitiri Richard Randriamandranto, yirukanywe ku mwanya we azira gutora ashyigikira Ukraine.

Ibiro ntaramakuru byUbwongereza (Reuteurs) bivuga ko mbere yo kujya gutora muri Loni, Richard Randriamandranto, nta wundi muntu muri Guverinoma bigeze babiganiraho.

Ibihugu byiganjemo ibyo muri Afurika byamaganye icyemezo cy’Uburusiya cyo kwiyomekaho tumwe mu duce twa Ukraine.

Ibihugu nka Belarus, Korea ya Ruguru, Nicaragua, Uburusiya, na Syria nibyo byashyigikiye Uburusiya kuri uwo mwanzuro.

TUYISHIMIRE Raymond /UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Musanze: Polisi yafunze uwengaga umutobe wiswe ‘Ndakubiwe’, imena litiro 80 zawo

Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru, ku bufatanye n’abaturage bo mu Murenge…

Ruhango: Umugabo yatawe muri yombi akekwaho ubujura bw’insinga z’amashanyarazi

Polisi ikorera mu Murenge wa Kabagari mu Karere ka Ruhango ku bufatanye…

Leta ya DRC na AFC/M23 bateye intambe ikomeye izabafasha kubera ku mahoro arambye

Abahagarariye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 riburwanya, bashyize…

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Iyobokamana

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

1 Min Read
Mu mahanga

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

3 Min Read
Mu mahanga

Uvira:Umusirikare WA FARDC yarashwe na bagenzi be ubwo yashakaga kwivugana umukuriye

1 Min Read
Mu mahanga

Colonel Fureko yakubiswe hafi gushirano umwuka

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?