BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Mar 6, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru zindi > TP Mazembe yabonye umusimbura wa Frank Dumas

TP Mazembe yabonye umusimbura wa Frank Dumas

admin
Last updated: October 17, 2022 4:23 pm
admin
Share
SHARE

Pamphile Mihayo Kazembe yasubiye muri TP Mazembe ku nshuro ya Gatatu nyuma yo kwirukana Frank Dumas wananiwe kugeza iyi kipe mu matsinda ya CAF Champions League.

Pamphile Mihayo Kazembe yasimbuye Frank Dumas muri TP Mazembe

Nyuma yo gusezererwa na Vipers SC yo muri Uganda mu marushanwa ahuza amakipe yabaye aya Mbere iwayo ku mugabane wa Afurika [CAF Champions League], ubuyobozi bwa TP Mazembe ntabwo bwatinze kumusimbuza.

Pamphile Mihayo Kazembe wabaye muri iyi kipe kuva 2017-2020, muri Mutarama 2021 kugeza muri Nyakanga 2021, niwe wongeye guhabwa inshingano zo kuyitoza.

Uyu mugabo w’imyaka 46, yahawe inshingano zo gufasha ikipe kuzayigeza byibura mu matsinda ya CAF Confederation Cup kuko ni cyo cyiciro yahise yerekezamo.

Frank Dumas yamaze kwirukanwa muri TP Mazembe

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Mu saha 100 intambara yo muri Iran yatwaye miliyali $3.7

Ni ukuvuga ko buri munsi nibura hakoreshwa miliyoni $891. Ni intambara iri…

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro itsinda ry’abayobozi muri Samruk-Kazyna, Ikigega cy’Ubukungu…

Amerika yahamije ko itazumvikana na Iran keretse nimanika amaboko

Perezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje ko nta biganiro bigamije ubwumvikane biteze…

AFC/M23 yohereje aba-comando bayo hafi ya Kisangani

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryohereje abarwanyi kabuhariwe hafi y’Ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya…

MINEMA yasabye abatuye mu manegeka kwimuka kubera imvura nyinshi

Minisitiri ushinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, Gen Maj (Rtd) Albert Murasira, yasabye Abanyarwanda kwirinda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Inkuru zindi

MONUSCO na ICGLR byagiye gusuzuma uko umutekano uhagaze muri Uvira

2 Min Read
Inkuru zindi

DRC : Umusirikare wa FARDC yasabiwe igihano cy’imyaka 10 azira amafoto yasakaye ku karubanda asomana n’umukunzi we

2 Min Read
Inkuru zindi

RDC: Imiryango y’ababuriye ababo mu mpanuka y’ubwato yigaragambije

2 Min Read
Inkuru zindi

DRC: Perezida Tshisekedi yategetse iperereza ku mpanuka y’ubwato

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?