BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Mar 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > AS Kigali yashyize igorora abakunzi ba ruhago mu Rwanda

AS Kigali yashyize igorora abakunzi ba ruhago mu Rwanda

admin
Last updated: October 11, 2022 12:55 pm
admin
Share
SHARE

Ikipe ya AS Kigali yafashe icyemezo cyo gukuraho ikiguzi cyo kwinjira ku mikino iyi kipe izakira muri uyu mwaka w’imikino 2022/2023.

AS Kigali yahaye ubwasisi abakunzi ba ruhago mu Rwanda

Mu minsi ishize, ubuyobozi bwa AS Kigali bwahaye ubwasisi abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda ku mikino ibiri mpuzamahanga iyi kipe iheruka kwakirira kuri stade mpuzamahanga ya Huye.

Amakuru UMUSEKE wamenye, ni uko ubuyobozi bwa AS Kigali bwakoze inama bukemeza ko butazongera kwishyuza imikino ya shampiyona iyi kipe izakira.

Abazinjirira ubuntu, ni abazicara ahasigaye hose havuyemo mu cyubahiro [VIP].

Gusa uwatanze amakuru, yavuze ko ku makipe y’ibigugu [Rayon Sports, Kiyovu Sports, APR FC] ikipe izishyuza nk’ibisanzwe.

Abazaza ku mikino ya shampiyona ya AS Kigali bazinjirira ubuntu uretse muri VIP

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
3 Comments
  • John says:
    October 11, 2022 at 6:53 pm

    Hahahahaaa!

    Ibi se tubyite gushaka abafana? Cyangwa ni uguhuzagurika😁

    Reply
  • Ngabo says:
    October 11, 2022 at 8:52 pm

    Hhh ariko kweri nonese ubundi yakwishyuza abo idafite?nonese kuki yajonjoye abo izishyuza?

    Reply
  • ALYPE says:
    October 12, 2022 at 7:53 pm

    Ac kigali couraje kbs ukonikogukundisha abantu footbol

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyakangaranyije u Buyapani na Koreya y’Epfo. Hari…

Jamaica: RDF ihasize ibikorwa byivugira KU mahanga

Mu gihe cy’amezi abiri ashize u Rwanda rwohereje abasirikare gutanga umusanzu wo…

Amafaranga u Rwanda rukoresha muri Cabo Delgado arenga inshuro 10 atangwa na EU- Yolande Makolo

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko inkunga ya miliyoni…

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

2 Min Read
Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?