BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > AS Kigali yashyize igorora abakunzi ba ruhago mu Rwanda

AS Kigali yashyize igorora abakunzi ba ruhago mu Rwanda

admin
Last updated: October 11, 2022 12:55 pm
admin
Share
SHARE

Ikipe ya AS Kigali yafashe icyemezo cyo gukuraho ikiguzi cyo kwinjira ku mikino iyi kipe izakira muri uyu mwaka w’imikino 2022/2023.

AS Kigali yahaye ubwasisi abakunzi ba ruhago mu Rwanda

Mu minsi ishize, ubuyobozi bwa AS Kigali bwahaye ubwasisi abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda ku mikino ibiri mpuzamahanga iyi kipe iheruka kwakirira kuri stade mpuzamahanga ya Huye.

Amakuru UMUSEKE wamenye, ni uko ubuyobozi bwa AS Kigali bwakoze inama bukemeza ko butazongera kwishyuza imikino ya shampiyona iyi kipe izakira.

Abazinjirira ubuntu, ni abazicara ahasigaye hose havuyemo mu cyubahiro [VIP].

Gusa uwatanze amakuru, yavuze ko ku makipe y’ibigugu [Rayon Sports, Kiyovu Sports, APR FC] ikipe izishyuza nk’ibisanzwe.

Abazaza ku mikino ya shampiyona ya AS Kigali bazinjirira ubuntu uretse muri VIP

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
3 Comments
  • John says:
    October 11, 2022 at 6:53 pm

    Hahahahaaa!

    Ibi se tubyite gushaka abafana? Cyangwa ni uguhuzagurika😁

    Reply
  • Ngabo says:
    October 11, 2022 at 8:52 pm

    Hhh ariko kweri nonese ubundi yakwishyuza abo idafite?nonese kuki yajonjoye abo izishyuza?

    Reply
  • ALYPE says:
    October 12, 2022 at 7:53 pm

    Ac kigali couraje kbs ukonikogukundisha abantu footbol

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?