BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jul 18, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > AS Kigali yashyize igorora abakunzi ba ruhago mu Rwanda

AS Kigali yashyize igorora abakunzi ba ruhago mu Rwanda

admin
Last updated: October 11, 2022 12:55 pm
admin
Share
SHARE

Ikipe ya AS Kigali yafashe icyemezo cyo gukuraho ikiguzi cyo kwinjira ku mikino iyi kipe izakira muri uyu mwaka w’imikino 2022/2023.

AS Kigali yahaye ubwasisi abakunzi ba ruhago mu Rwanda

Mu minsi ishize, ubuyobozi bwa AS Kigali bwahaye ubwasisi abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda ku mikino ibiri mpuzamahanga iyi kipe iheruka kwakirira kuri stade mpuzamahanga ya Huye.

Amakuru UMUSEKE wamenye, ni uko ubuyobozi bwa AS Kigali bwakoze inama bukemeza ko butazongera kwishyuza imikino ya shampiyona iyi kipe izakira.

Abazinjirira ubuntu, ni abazicara ahasigaye hose havuyemo mu cyubahiro [VIP].

Gusa uwatanze amakuru, yavuze ko ku makipe y’ibigugu [Rayon Sports, Kiyovu Sports, APR FC] ikipe izishyuza nk’ibisanzwe.

Abazaza ku mikino ya shampiyona ya AS Kigali bazinjirira ubuntu uretse muri VIP

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
3 Comments
  • John says:
    October 11, 2022 at 6:53 pm

    Hahahahaaa!

    Ibi se tubyite gushaka abafana? Cyangwa ni uguhuzagurika😁

    Reply
  • Ngabo says:
    October 11, 2022 at 8:52 pm

    Hhh ariko kweri nonese ubundi yakwishyuza abo idafite?nonese kuki yajonjoye abo izishyuza?

    Reply
  • ALYPE says:
    October 12, 2022 at 7:53 pm

    Ac kigali couraje kbs ukonikogukundisha abantu footbol

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Perezida William Ruto yakiriye intumwa yihariye ya perezida Kagame

Perezida wa Kenya, William Samoei Ruto, yakiriye Intumwa yihariye ya Perezida Paul…

Lamine Yamal yizeje ibitangaza abakunzi ba FC Barcelona

Umunya-Esipanye ukina muri FC Barcelona, Lamine Yamal, yemeje ko agiye kwandika amateka…

Barack Obama n’umugore we bashyize umucyo ku bihuha by’uko batandukanye

Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, n’umugore we…

Miss Naomi yiyamye abavuga ko umugabo we yakennye

Miss Nishimwe Naomie ubitse ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2020, yihanangirije…

Thomas Lubanga yashimangiye ko ashyigikiye AFC/M23

Thomas Lubanga washinze umutwe witwaje intwaro wa FRP (Force pour la révolution…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

2 Min Read
Imikino

FIFA yateguye igikorwa cyo guha icyubahiro Diego Jota

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?