BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Mar 4, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Capt Traoré yatumije inama yo gutora Perezida w’inzibacyuho wa Burkina Faso

Capt Traoré yatumije inama yo gutora Perezida w’inzibacyuho wa Burkina Faso

admin
Last updated: October 8, 2022 8:52 pm
admin
Share
SHARE

Captain Ibrahim Traoré uherutse guhirika ubutegetsi muri Burkina Faso yatangaje ko ku wa 14 na 15 Ukwakira 2022 hateganyijwe amatora yo guhitamo Perezida w’inzibacyuho muri icyo gihugu.

Captain Ibrahim Traoré uherutse kujya ku butegetsi binyuze muri Coup d’Etat

Kuwa 30 Nzeri 2022 nibwo Captain Ibrahim Traoré w’imyaka 34 nibwo yahiritse ku butegetsi Lt Col, Paul-Henri Sandaogo Damiba, uyu nawe yari yafashe ubutegetsi nyuma ya Coup d’Etat yakoreye Prezida Roch Marc Christian Kaboré muri Mutarama uyu mwaka.

Ku wa gatatu ushize nibwo Captain Ibrahim Traoré yatangajwe nka Perezida wa Burkina Faso, icyo gihe yemeye ko azayobora igihugu kugeza hatowe Perezida w’inzibacyuho.

Yatangaje ko Perezida uzatorwa yaba umusivile cyangwa umusirikare azayobora Burkina Faso kugeza mu mwaka wa 2024.

Uzatorwa azatorerwa mu biganiro bidasanzwe byateguwe n’uyu musirikare ukiri muto wabashije gufata ubutegetsi ku ngufu.

Ibyo biganiro Captain Ibrahim yabitumiyemo abanyepolitiki, abaharanira uburenganzira bwa muntu n’abandi bakurikirana bya hafi ubuzima bwo muri Burkina Faso.

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwageneye ubutumwa DRC yishimiye ibihano America yafatiye RDF

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo avuga ko ibihano bibogamye bifatirwa…

U Rwanda rwiteguye guhangana n’ingaruka z’intambara y’Amerika na Iran

Minisitiri w'Imari n'Ingenamigambi, Murangwa Yusuf, yatangaje ko hari ingamba Leta y'u Rwanda…

RED-Tabara yanyomoje Muyaya wavuze ko u Rwanda ari rwo rwayijyanye mu misozi miremire

Umutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, wanyomoje Minisitiri Patrick Muyaya wa…

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

Ingabo z’u Rwanda (Rwanbatt-1) ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani…

Walikale: AFC/M23 yisubije Buhimba

Abarwanyi b’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bisubije…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

AFC/M23 yongeye kugaragaza ubugome ndenga kamere bwa FARDC

2 Min Read
Mu mahanga

Burusiya na Ukraine byahererekanyije imibiri y’abasirikare baguye ku rugamba

2 Min Read
Mu mahanga

Andi makuru mashya ku rupfu RWA Lt.Col Willy Ngoma 

1 Min Read
Mu mahanga

MASISI: FARDC irigamba kwisubiza Mahanga

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?