BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 15, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Capt Traoré yatumije inama yo gutora Perezida w’inzibacyuho wa Burkina Faso

Capt Traoré yatumije inama yo gutora Perezida w’inzibacyuho wa Burkina Faso

admin
Last updated: October 8, 2022 8:52 pm
admin
Share
SHARE

Captain Ibrahim Traoré uherutse guhirika ubutegetsi muri Burkina Faso yatangaje ko ku wa 14 na 15 Ukwakira 2022 hateganyijwe amatora yo guhitamo Perezida w’inzibacyuho muri icyo gihugu.

Captain Ibrahim Traoré uherutse kujya ku butegetsi binyuze muri Coup d’Etat

Kuwa 30 Nzeri 2022 nibwo Captain Ibrahim Traoré w’imyaka 34 nibwo yahiritse ku butegetsi Lt Col, Paul-Henri Sandaogo Damiba, uyu nawe yari yafashe ubutegetsi nyuma ya Coup d’Etat yakoreye Prezida Roch Marc Christian Kaboré muri Mutarama uyu mwaka.

Ku wa gatatu ushize nibwo Captain Ibrahim Traoré yatangajwe nka Perezida wa Burkina Faso, icyo gihe yemeye ko azayobora igihugu kugeza hatowe Perezida w’inzibacyuho.

Yatangaje ko Perezida uzatorwa yaba umusivile cyangwa umusirikare azayobora Burkina Faso kugeza mu mwaka wa 2024.

Uzatorwa azatorerwa mu biganiro bidasanzwe byateguwe n’uyu musirikare ukiri muto wabashije gufata ubutegetsi ku ngufu.

Ibyo biganiro Captain Ibrahim yabitumiyemo abanyepolitiki, abaharanira uburenganzira bwa muntu n’abandi bakurikirana bya hafi ubuzima bwo muri Burkina Faso.

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Ubutegetsi bwa Perezida Suluhu bwahakanye gufunga Dr. Mpango wari Visi Perezida

2 Min Read
Mu mahanga

Twirwaneho yasobanuye icyayiteye guhanura kajugujugu y’abacanshuro

3 Min Read
Mu mahanga

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

1 Min Read
Mu mahanga

Uganda igiye gukomorera Facebook nyuma y’imyaka 5 ifunzwe 

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?