BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 31, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Ni iki Aimable aje kongera mu bwugarizi bwa Kiyovu?

Ni iki Aimable aje kongera mu bwugarizi bwa Kiyovu?

admin
Last updated: October 5, 2022 12:46 pm
admin
Share
SHARE

Nyuma yo gusinyisha myugariro w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda [Amavubi], Nsabimana Aimable, yitezweho gufasha ubwugarizi bw’iyi kipe akaziba icyuho cya Ngendahimana Eric wagiye muri Rayon Sports.

Nsabimana Aimable yemejwe nk’umukinnyi mushya wa Kiyovu Sports

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports, bubicishije ku mbuga nkoranyambaga zabwo, bwemeje ko Nsabimana Aimable ari umukinnyi mushya w’iyi kipe mu gihe cy’umwaka umwe.

Ni myugariro waje kuziba icyuho cyasizwe na mugenzi we [Eric] wagiye muri Rayon Sports. Yaje ahasanga abandi  barimo Runanira Hamza, Ndayishimiye Thierry, Tuyisenge Hakim na Twahirwa Olivier, aba bose bakina mu mutima w’ubwagarizi.

Aimable nk’ufite uburambe muri shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, abayikurikirana bahamya ko azafasha cyane iyi kipe ndetse akaziba icyuho cy’uwagiye.

Uyu myugariro kandi asanzwe anatsinda iyo bibaye ngombwa, kuko ikipe aherukamo ya APR FC, yayitsindiye ibitego ku mikino ikomeye.

Nsabimana yakiniye amakipe arimo APR FC, Marines FC, Police FC.

Ategerejweho kongera imbaraga mu bwugarizi bwa Kiyovu Sports

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Minisiteri ya Siporo yateye utwatsi ibinyoma by’uko yahagaritse amatora ya FERWAFA

2 Min Read
Imikino

AS Kigali yungutse umutoza mushya

1 Min Read
Imikino

Yanga SC yitegura Rayon Sports yabonye umutoza mushya

2 Min Read
Imikino

Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?