BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jul 18, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Ni iki Aimable aje kongera mu bwugarizi bwa Kiyovu?

Ni iki Aimable aje kongera mu bwugarizi bwa Kiyovu?

admin
Last updated: October 5, 2022 12:46 pm
admin
Share
SHARE

Nyuma yo gusinyisha myugariro w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda [Amavubi], Nsabimana Aimable, yitezweho gufasha ubwugarizi bw’iyi kipe akaziba icyuho cya Ngendahimana Eric wagiye muri Rayon Sports.

Nsabimana Aimable yemejwe nk’umukinnyi mushya wa Kiyovu Sports

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports, bubicishije ku mbuga nkoranyambaga zabwo, bwemeje ko Nsabimana Aimable ari umukinnyi mushya w’iyi kipe mu gihe cy’umwaka umwe.

Ni myugariro waje kuziba icyuho cyasizwe na mugenzi we [Eric] wagiye muri Rayon Sports. Yaje ahasanga abandi  barimo Runanira Hamza, Ndayishimiye Thierry, Tuyisenge Hakim na Twahirwa Olivier, aba bose bakina mu mutima w’ubwagarizi.

Aimable nk’ufite uburambe muri shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, abayikurikirana bahamya ko azafasha cyane iyi kipe ndetse akaziba icyuho cy’uwagiye.

Uyu myugariro kandi asanzwe anatsinda iyo bibaye ngombwa, kuko ikipe aherukamo ya APR FC, yayitsindiye ibitego ku mikino ikomeye.

Nsabimana yakiniye amakipe arimo APR FC, Marines FC, Police FC.

Ategerejweho kongera imbaraga mu bwugarizi bwa Kiyovu Sports

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Perezida William Ruto yakiriye intumwa yihariye ya perezida Kagame

Perezida wa Kenya, William Samoei Ruto, yakiriye Intumwa yihariye ya Perezida Paul…

Lamine Yamal yizeje ibitangaza abakunzi ba FC Barcelona

Umunya-Esipanye ukina muri FC Barcelona, Lamine Yamal, yemeje ko agiye kwandika amateka…

Barack Obama n’umugore we bashyize umucyo ku bihuha by’uko batandukanye

Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, n’umugore we…

Miss Naomi yiyamye abavuga ko umugabo we yakennye

Miss Nishimwe Naomie ubitse ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2020, yihanangirije…

Thomas Lubanga yashimangiye ko ashyigikiye AFC/M23

Thomas Lubanga washinze umutwe witwaje intwaro wa FRP (Force pour la révolution…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

2 Min Read
Imikino

FIFA yateguye igikorwa cyo guha icyubahiro Diego Jota

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?