BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Dec 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Ni iki Aimable aje kongera mu bwugarizi bwa Kiyovu?

Ni iki Aimable aje kongera mu bwugarizi bwa Kiyovu?

admin
Last updated: October 5, 2022 12:46 pm
admin
Share
SHARE

Nyuma yo gusinyisha myugariro w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda [Amavubi], Nsabimana Aimable, yitezweho gufasha ubwugarizi bw’iyi kipe akaziba icyuho cya Ngendahimana Eric wagiye muri Rayon Sports.

Nsabimana Aimable yemejwe nk’umukinnyi mushya wa Kiyovu Sports

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports, bubicishije ku mbuga nkoranyambaga zabwo, bwemeje ko Nsabimana Aimable ari umukinnyi mushya w’iyi kipe mu gihe cy’umwaka umwe.

Ni myugariro waje kuziba icyuho cyasizwe na mugenzi we [Eric] wagiye muri Rayon Sports. Yaje ahasanga abandi  barimo Runanira Hamza, Ndayishimiye Thierry, Tuyisenge Hakim na Twahirwa Olivier, aba bose bakina mu mutima w’ubwagarizi.

Aimable nk’ufite uburambe muri shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, abayikurikirana bahamya ko azafasha cyane iyi kipe ndetse akaziba icyuho cy’uwagiye.

Uyu myugariro kandi asanzwe anatsinda iyo bibaye ngombwa, kuko ikipe aherukamo ya APR FC, yayitsindiye ibitego ku mikino ikomeye.

Nsabimana yakiniye amakipe arimo APR FC, Marines FC, Police FC.

Ategerejweho kongera imbaraga mu bwugarizi bwa Kiyovu Sports

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

2 Min Read
Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?