BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Mar 5, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Burundi: Haburijwemo imirwano hagati y’abahinzi b’ibisheke nab’ipamba

Burundi: Haburijwemo imirwano hagati y’abahinzi b’ibisheke nab’ipamba

admin
Last updated: October 3, 2022 2:14 pm
admin
Share
SHARE

Mu Burundi haburijwemo imirwano ikaze yari yadutse hagati y’abahinzi b’ipamba n’abahinzi b’ibisheke bapfa ubutaka.

Abahinzi b’ipamba nab’ibisheke bazindutse barebana ay’ingwe

Ni ubushyamirane bwabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 03 Ukwakira 2022 muri Komine ya Gihanga ho mu Ntara ya Bubanza.

Abahinzi b’ipamba bagera kuri 500 nibo bazindutse bahanganye n’abahinga ibisheke bo mu ishyirahamwe ryitwa Tanganyika Sugar Company.

Amakuru avuga ko abo bose bapfa ubutaka bw’ahitwa mu Cabiza mw’ishyamba rya Rukoko aho buri ruhande ruvuga ko arirwo rwemerewe kubuhinga.

Bamwe muri abo bahinzi bashyamiranye bari bafite amasuka, ubuhiri abandi bafite imihoro habuze gato ngo bakozanyeho.

Abahinzi b’ipamba basobanura ko ubwo butaka baherutse kubuhabwa na Leta kandi ko butari buhinzemo ibisheke.

Abashinzwe umutekano n’inzego z’ubuyobozi bihutiye guhosha izo mvururu basaba abaturage bose gutuza.

Umuyobozi wa Komine Gihanga yasabye impande zombi kuzana impapuro zerekana ingano n’ubutaka bahawe kugira ngo ibibazo bafite bicocwe.

Impande zombi zari zariye karungu

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abatishimiye urwego rwa Mituweli bashyizwemo bahumurijwe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubwiteganyirize (RSSB) rurahumuriza abavuga ko bisanze mu rwego rwo kwishyura…

Abagororwa 1874 bemerewe gufungurwa by’agateganyo.  

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Werurwe 2026, iyobowe…

Kigali: Umugabo ucuruza urumogi yafatanywe udupfunyika 1000 twarwo

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU), rikorera mu Mujyi wa Kigali,…

Ishyingurwa rya Khamenei ryasubitswe

Amakuru atangazwa n’itangazamakuru rya leta muri Iran aravuga ko umuhango wo gushyingura…

Abanyarwanda bari mu bihugu byugarijwe n’ibitero bya Iran baburiwe

Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) yatangaje ko Abanyarwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 yongeye kugaragaza ubugome ndenga kamere bwa FARDC

2 Min Read
Mu mahanga

Burusiya na Ukraine byahererekanyije imibiri y’abasirikare baguye ku rugamba

2 Min Read
Mu mahanga

Andi makuru mashya ku rupfu RWA Lt.Col Willy Ngoma 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?