BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jan 23, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Burundi: Haburijwemo imirwano hagati y’abahinzi b’ibisheke nab’ipamba

Burundi: Haburijwemo imirwano hagati y’abahinzi b’ibisheke nab’ipamba

admin
Last updated: October 3, 2022 2:14 pm
admin
Share
SHARE

Mu Burundi haburijwemo imirwano ikaze yari yadutse hagati y’abahinzi b’ipamba n’abahinzi b’ibisheke bapfa ubutaka.

Abahinzi b’ipamba nab’ibisheke bazindutse barebana ay’ingwe

Ni ubushyamirane bwabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 03 Ukwakira 2022 muri Komine ya Gihanga ho mu Ntara ya Bubanza.

Abahinzi b’ipamba bagera kuri 500 nibo bazindutse bahanganye n’abahinga ibisheke bo mu ishyirahamwe ryitwa Tanganyika Sugar Company.

Amakuru avuga ko abo bose bapfa ubutaka bw’ahitwa mu Cabiza mw’ishyamba rya Rukoko aho buri ruhande ruvuga ko arirwo rwemerewe kubuhinga.

Bamwe muri abo bahinzi bashyamiranye bari bafite amasuka, ubuhiri abandi bafite imihoro habuze gato ngo bakozanyeho.

Abahinzi b’ipamba basobanura ko ubwo butaka baherutse kubuhabwa na Leta kandi ko butari buhinzemo ibisheke.

Abashinzwe umutekano n’inzego z’ubuyobozi bihutiye guhosha izo mvururu basaba abaturage bose gutuza.

Umuyobozi wa Komine Gihanga yasabye impande zombi kuzana impapuro zerekana ingano n’ubutaka bahawe kugira ngo ibibazo bafite bicocwe.

Impande zombi zari zariye karungu

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Biravugwa ko abarwanyi b’abacancuro bongeye kugaragara muri Congo

Amakuru atangwa n’abakurikiranira hafi ibyo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga…

Uganda: Umudepite wa NUP ya Bobi Wine yatawe muri yombi

Kuri uyu wa Kane tariki 22 Mutarama 2026, Igipolisi cya Uganda cyatangaje…

Rayon Sports yatandukanye na Haruna Ferouz

Nyuma y'iminsi Haruna Ferouz atagaragara mu myitozo ya Rayon Sports, yamaze gutandukana…

Jose Chameleone yaguze Radio i Burundi

Umuhanzi ukomeye mu muziki wa Afurika uzwi ku izina rya Jose Chameleone…

Perezida Mamadi Doumbouya yarahiye mu muhango witabiriwe na Perezida Kagame

Perezida Mamadi Doumbouya yarahiriye kuyobora Guinée Conakry muri manda y’imyaka irindwi, mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Museveni yatorewe kuyobora Uganda muri manda ya Karindwi

3 Min Read
Politike

U Rwanda na Togo byiyemeje gukuriraho Visa abaturage

2 Min Read
Mu mahanga

Ishyaka riri ku butegetsi i Burundi riravugwaho ibyo bamwe bafashe nk’agahomamunwa

3 Min Read
Politike

Perezida Kagame yakiriye impapuro za Ambasaderi mushya wa Qatar n’uw’u Buyapani

4 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?