BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Mar 12, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Kwambara umwenda w’Amavubi ntako bisa; Hakim wahamagawe bwa mbere

Kwambara umwenda w’Amavubi ntako bisa; Hakim wahamagawe bwa mbere

admin
Last updated: September 29, 2022 10:31 am
admin
Share
SHARE

Nyuma yo guhamagarwa ku nshuro ye ya Mbere mu ikipe y’Igihugu y’u Rwanda [Amavubi], Hakim Sahabo ukina muri Lille y’abatarengeje imyaka 19 mu Bufaransa, yiteguye kwitangira u Rwanda kugeza rusubiye mu gikombe cya Afurika.

Hakim Sahabo [14] yishimiye gukinira Amavubi bwa Mbere
Uyu musore wakinnye umukino wa Kabiri Amavubi yatsinzwemo na St. Éloi Lupopo ibitego 3-1, abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Hakim yavuze imyato u Rwanda ariko avuga ko ababajwe no kuba Amavubi yatsinzwe umukino wa Kabiri.

Ati “Mbabajwe n’ibyavuye mu mukino uheruka. Ariko nishimiye kwambara umwenda urimo amabara y’u Rwanda. Tuzakomeza gutanga imbaraga ntabwo tuzacika intege.”

Uyu musore w’imyaka 17, Mbere yo kwerekeza mu Bufaransa, yakiniye amakipe y’abato ya Anderlecht yo mu Bubiligi, Genk na Malines. Ni umusore wavukiye mu gihugu cy’u Bubiligi ariko ufite umubyeyi umwe w’Umunyarwanda.

Hakim Sahabo [14] yabanjemo ku mukino wa Lupopo
Hakim akinira Lille U19

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?