BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Feb 18, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Kwambara umwenda w’Amavubi ntako bisa; Hakim wahamagawe bwa mbere

Kwambara umwenda w’Amavubi ntako bisa; Hakim wahamagawe bwa mbere

admin
Last updated: September 29, 2022 10:31 am
admin
Share
SHARE

Nyuma yo guhamagarwa ku nshuro ye ya Mbere mu ikipe y’Igihugu y’u Rwanda [Amavubi], Hakim Sahabo ukina muri Lille y’abatarengeje imyaka 19 mu Bufaransa, yiteguye kwitangira u Rwanda kugeza rusubiye mu gikombe cya Afurika.

Hakim Sahabo [14] yishimiye gukinira Amavubi bwa Mbere
Uyu musore wakinnye umukino wa Kabiri Amavubi yatsinzwemo na St. Éloi Lupopo ibitego 3-1, abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Hakim yavuze imyato u Rwanda ariko avuga ko ababajwe no kuba Amavubi yatsinzwe umukino wa Kabiri.

Ati “Mbabajwe n’ibyavuye mu mukino uheruka. Ariko nishimiye kwambara umwenda urimo amabara y’u Rwanda. Tuzakomeza gutanga imbaraga ntabwo tuzacika intege.”

Uyu musore w’imyaka 17, Mbere yo kwerekeza mu Bufaransa, yakiniye amakipe y’abato ya Anderlecht yo mu Bubiligi, Genk na Malines. Ni umusore wavukiye mu gihugu cy’u Bubiligi ariko ufite umubyeyi umwe w’Umunyarwanda.

Hakim Sahabo [14] yabanjemo ku mukino wa Lupopo
Hakim akinira Lille U19

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Imirwano yahinduye isura mu nkengero za Point Zero

Amakuru yizewe aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu bice bya Minembwe,…

Wazalendo basubiranyemo babiri bahasiga ubuzima

Intambara mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) zikomeje guhindura…

Imyigaragambyo ku Kibuga cy’Indege cya Nairobi yatumye indege zitinda

Imyigaragambyo y’abakozi ku kibuga cy’indege gikuru cya Kenya, giherereye mu murwa mukuru…

Inyubako y’ubucuruzi mu Mujyi wa Gisenyi yahiye irakongoka n’ibyarimo byose

Inkongi y’umuriro yibasiye inyubako iherereye mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka…

Rugaju Reagan yasabye imbabazi mu genzi we Lorenzo nyuma y’ibyo yamutangajeho

Umunyamakuru Ndayishimiye Reagan uzwi nka Rugaju Reagan yasabye imbabazi ku butumwa yagaragayemo…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

RSSB Tigers BBC yegukanye FERWABA Super Cup 2026 ihigitse APR BBC

2 Min Read
Imikino

APR FC yatsinze Gasogi United yakinaga nk’ikipe y’abato

3 Min Read
Imikino

Etincelles FC yahagaritse abatoza bayo kubera umusaruro muke

1 Min Read
Imikino

Bizimana Djihad yasezeye Al Ahli SC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?