BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 30, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Handball: U Rwanda rwabaye urwa nyuma, Misiri yegukana igikombe

Handball: U Rwanda rwabaye urwa nyuma, Misiri yegukana igikombe

admin
Last updated: August 29, 2022 11:00 am
admin
Share
SHARE

Mu irushanwa ry’igikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 20 mu mukino wa Handball ryaberaga mu Rwanda, ikipe y’igihugu ya Misiri yegukanye igikombe, mu gihe u Rwanda rwatashye amaramasa.

Misiri yegukanye igikombe isuzuguye Algéria

Imikino yo gusoza irushanwa ry’igikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 20 muri Handball, ryasojwe ku Cyumweru tariki 28 Kanama 2022.

Iyi mikino yabereye muri BK Arena, ntabwo u Rwanda rwitwaye neza kuko rwasoje ku mwanya wa nyuma mu bihugu umunani byari byitabiriye iri rushanwa.

Misiri yegukanye iki gikombe ku nshuro ya 13 itsinze Algéria ibitego 35-15. Ni umukino woroheye aba banya-Misiri.

Ni umukino witabiriwe na Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa n’abandi bayobozi batandukanye barimo perezida wa Ferwahand, Twahirwa Alfred.

Nyuma yo gusoza irushanwa ry’abaterengeje imyaka 20, ku wa Kabiri muri BK Arena haratangira iry’abatarengeje imyaka 18 ndetse n’ibihugu bizitabira byatangiye kugera mu Rwanda.

Uko ibihugu byakurikiranye:

  1. Misiri
  2. Algérie
  3. Tunisia
  4. Angola
  5. Maroc
  6. Libya
  7. Congo
  8. Rwanda
Algéria yatahanye umwanya wa Kabiri mu batarengeje imyaka 20
Perezida wa Ferwahanda, Twahirwa Alfred na Min wa Siporo, Munyangaju Aurore barebye umukino wa nyuma
Misiri yongeye kwerekana ko ikwiye icyubahiro muri Handball y’abato
Misiri yishimiye igikombe yegukanye yagukenya itsinze Algéria
Minisitiri Munyangaju Aurore ubwo yahaga igikombe Misiri

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Minisiteri ya Siporo yateye utwatsi ibinyoma by’uko yahagaritse amatora ya FERWAFA

2 Min Read
Imikino

AS Kigali yungutse umutoza mushya

1 Min Read
Imikino

Yanga SC yitegura Rayon Sports yabonye umutoza mushya

2 Min Read
Imikino

Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?