BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Umubiri wa “Yanga” wagejejwe mu Rwanda

Umubiri wa “Yanga” wagejejwe mu Rwanda

admin
Last updated: August 27, 2022 11:12 am
admin
Share
SHARE

Umubiri wa Nkusi Thomas uzwi nka Yanga uherutse kwitaba Imana aguye muri Afurika y’Epfo wagejejwe mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa 27 Kanama 2022.

Imodoka yakuye umubiri wa Nkusi Thomas ‘Yanga’ ku kibuga cy’indege i Kanombe

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 27 Kanama 2022 nibwo indege yari ivuye muri Afurika y’Epfo yagejeje umubiri wa Yanga ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe.

Nyuma yo kugezwa i Kigali umubiri wa Yanga wahise ujyanwa mu buruhukiro. Azaherekezwa mu cyubahiro ku wa Mbere tariki 29 Kanama 2022.

Ku cyumweru tariki 28 Kanama 2022 inshuti n’umuryango we bazakora umuhango wo kwizihiza ubuzima bwe uzabera i Ntarama mu Bugesera aho yari atuye.

Uyu mugabo wamenyekanye mu gusobanura filime yitabye Imana ku wa 17 Kanama 2022. ku wa 26 Kanama 2022 yasezeweho bwa nyuma n’abo muri Afurika y’Epfo.

Umugore wa Yanga n’abana be bageze mu Rwanda

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment
  • Ababa Ruchard says:
    August 27, 2022 at 2:11 pm

    R.I.P our brother

    Reply
  • Tuyizere says:
    August 28, 2022 at 11:59 am

    Umuryaogowe wihangane natwe turababaye cane imanimwakire mubayo@

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
Imyidagaduro

Urubanza rw’abakurikiranyweho gukwirakwiza amashusho ya Yampano atera akabariro rwasubitswe

2 Min Read
Imyidagaduro

Abambere basakaje amashusho ya Yampano bagejejwe imbere y’urukiko

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?