BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jul 19, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Umubiri wa “Yanga” wagejejwe mu Rwanda

Umubiri wa “Yanga” wagejejwe mu Rwanda

admin
Last updated: August 27, 2022 11:12 am
admin
Share
SHARE

Umubiri wa Nkusi Thomas uzwi nka Yanga uherutse kwitaba Imana aguye muri Afurika y’Epfo wagejejwe mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa 27 Kanama 2022.

Imodoka yakuye umubiri wa Nkusi Thomas ‘Yanga’ ku kibuga cy’indege i Kanombe

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 27 Kanama 2022 nibwo indege yari ivuye muri Afurika y’Epfo yagejeje umubiri wa Yanga ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe.

Nyuma yo kugezwa i Kigali umubiri wa Yanga wahise ujyanwa mu buruhukiro. Azaherekezwa mu cyubahiro ku wa Mbere tariki 29 Kanama 2022.

Ku cyumweru tariki 28 Kanama 2022 inshuti n’umuryango we bazakora umuhango wo kwizihiza ubuzima bwe uzabera i Ntarama mu Bugesera aho yari atuye.

Uyu mugabo wamenyekanye mu gusobanura filime yitabye Imana ku wa 17 Kanama 2022. ku wa 26 Kanama 2022 yasezeweho bwa nyuma n’abo muri Afurika y’Epfo.

Umugore wa Yanga n’abana be bageze mu Rwanda

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment
  • Ababa Ruchard says:
    August 27, 2022 at 2:11 pm

    R.I.P our brother

    Reply
  • Tuyizere says:
    August 28, 2022 at 11:59 am

    Umuryaogowe wihangane natwe turababaye cane imanimwakire mubayo@

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Rubavu: Umugore afunzwe akekwaho kwica umugabo we

Umugore wo mu Karere ka Rubavu afunzwe akekwaho kwica umugabo we w’imyaka…

Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

Perezida w’ikipe ya AS Kigali, Shema Ngoga Fabrice, agiye gutanga kandidatire yo…

RDC na M23 basinyanye amasezerano aganisha ku mahoro arambye

Intumwa za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’iz’umutwe wa…

Shema Ngoga Fabrice yatanze kandidatire yo kuyobora FERWAFA

Shema Ngoga Fabrice usanzwe uyobora AS Kigali yatanze kandidatire yo kuyobora Ishyirahamwe…

RDC: Umudepite yatabarije impunzi z’ Abanyekongo ziri mu Burundi ko ubuzima bwazo buri mu kaga

Umudepite uhagarariye Intara ya Kivu y’Epfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Uhagarariye Uganda i Kinshasa yahamagajwe gusobanura iby’ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

1 Min Read
Imyidagaduro

Miss Naomi yiyamye abavuga ko umugabo we yakennye

2 Min Read
Politike

Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu

3 Min Read
Politike

Imipaka ihuza Uganda n’ibice bya DRC bigenzurwa na AFC/M23 yafunguwe

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?