BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, May 23, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Inzoga yahitanye abantu 12 muri Uganda

Inzoga yahitanye abantu 12 muri Uganda

admin
Last updated: August 22, 2022 2:20 pm
admin
Share
SHARE

Abantu 12 muri Uganda, bishwe n’inzoga yo mu bwoko bwa Gin bivugwa ko yatawemo amarozi hagati yo ku wa Gatandatu no ku Cyumweru dusoje.

Iyi nzoga niyo yahitanye abantu 12 abandi barembeye mu bitaro

Polisi yo muri Uganda yatangaje ko yatangiye iperereza ku rupfu rw’abantu 12 bahitanywe n’inzoga izwi ku izina rya “City 5 Pineapple Flavoured Gin”.

Yavuze ko abandi benshi bo mu Karere ka Madi-Okollo barimo umucuruzi umwe wagurishaga barembeye mu bitaro nyuma yo kuyinywa.

Usibye kuba hakekwa kuba harashyizwe uburozi muri iyo nzoga, ibiyigize ubwayo ntibisobanutse kuko ibyanditse ku macupa bitizewe.

Polisi yatangaje ko hakusanyijwe ibipimo by’iyi nzoga kugira ngo bijye gusuzumwa muri Laboratwari zishinzwe kugenzura ubuziranenge muri Uganda.

Abantu 4 bamaze gutabwa muri yombi mu gihe uruganda rukora iyi nzoga rwahise rufungwa mu gihe iperereza rikomeje.

Mu mwaka wa 2010 muri Uganda abantu bagera kuri 80 bahitanywe n’inzoga nk’iyi aho ubuyobozi bwatangaje ko yasanzwemo ikinyabutabire cya Methanol.

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Uhagarariye u Rwanda muri Loni yatangiye imirimo ye

Ambasaderi Martin Ngoga yashyikirije Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, impapuro zimwemerera…

Abanyamahanga batatu bakekwaho ubucuruzi bw’amafara butemewe  batawe muri yombi

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu b’abanyamahanga…

Se wabo wa Muhoozi yiyemeje ko agiye kumucyebura akamushyira ku murongo

Murumuna wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, Gen (Rtd) Caleb Akandwanaho…

DRC: Sena  yatoye kwambura ubudahangarwa Joseph Kabila

Sena ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yamaze kwaka ubudahangarwa Uwahoze ari…

U Rwanda rwakiriye icyiciro cya gatatu cy’Abanyarwanda barenga 600 bari barafashwe bugwate na FDLR

U Rwanda rwakiriye icyiciro cya 3 cy’Abanyarwanda  642 bari impunzi muri Repubulika…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani yeguye nyuma yo kuvuga ko atunzwe n’umuceri w’ubuntu

2 Min Read
Mu mahanga

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’intebe wa DRC yakatiwe imirimo y’agahato kubera ruswa

2 Min Read
Mu mahanga

Igisirikare cya Sudani kivuga ko cyirukanye burundu umutwe wa RSF muri leta ya Khartoum

2 Min Read
Mu mahanga

Perezida Ndayishimiye yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru Lt.Gen.Gervais Ndirakobuca

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?