BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 8, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Inzoga yahitanye abantu 12 muri Uganda

Inzoga yahitanye abantu 12 muri Uganda

admin
Last updated: August 22, 2022 2:20 pm
admin
Share
SHARE

Abantu 12 muri Uganda, bishwe n’inzoga yo mu bwoko bwa Gin bivugwa ko yatawemo amarozi hagati yo ku wa Gatandatu no ku Cyumweru dusoje.

Iyi nzoga niyo yahitanye abantu 12 abandi barembeye mu bitaro

Polisi yo muri Uganda yatangaje ko yatangiye iperereza ku rupfu rw’abantu 12 bahitanywe n’inzoga izwi ku izina rya “City 5 Pineapple Flavoured Gin”.

Yavuze ko abandi benshi bo mu Karere ka Madi-Okollo barimo umucuruzi umwe wagurishaga barembeye mu bitaro nyuma yo kuyinywa.

Usibye kuba hakekwa kuba harashyizwe uburozi muri iyo nzoga, ibiyigize ubwayo ntibisobanutse kuko ibyanditse ku macupa bitizewe.

Polisi yatangaje ko hakusanyijwe ibipimo by’iyi nzoga kugira ngo bijye gusuzumwa muri Laboratwari zishinzwe kugenzura ubuziranenge muri Uganda.

Abantu 4 bamaze gutabwa muri yombi mu gihe uruganda rukora iyi nzoga rwahise rufungwa mu gihe iperereza rikomeje.

Mu mwaka wa 2010 muri Uganda abantu bagera kuri 80 bahitanywe n’inzoga nk’iyi aho ubuyobozi bwatangaje ko yasanzwemo ikinyabutabire cya Methanol.

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Musanze: Polisi yamennye litiro zisaga 1700 z’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge

Mu bikorwa byo kurwanya ikora, ikwirikwiza n'ikoreshwa by'ibinyobwa bitemewe, Polisi ikorera mu…

Hongeye kwaduka imirwano hagati ya Thailand na Cambodia

Ingabo za Thailand zatangaje ko zatangiye kugaba ibitero byo mu kirere ku…

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Uganda igiye gukomorera Facebook nyuma y’imyaka 5 ifunzwe 

2 Min Read
Mu mahanga

Gisagara: Abantu batatu bafunzwe bakekwaho kwica umugabo bamukase ijosi

1 Min Read
Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?