BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 30, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Rwamagana City yaguze myugariro wavuye muri Kiyovu Sports

Rwamagana City yaguze myugariro wavuye muri Kiyovu Sports

admin
Last updated: August 11, 2022 10:18 am
admin
Share
SHARE

Myugariro wo hagati, Mutangana Derrick wakiniraga ikipe ya Kiyovu Sports, yerekeje muri Rwamagana City yazamutse mu Cyiciro cya Mbere.

Mutangana Derrick yasubiye mu ikipe yamuzamuye

Nyuma yo gusoza amasezerano mu ikipe ya Kiyovu Sports, ntabwo ubuyobozi bw’iyi kipe bwifuje kugumana na Mutangana Derrick wari uyimazemo imyaka itatu.

Uyu myugariro wo hagati, yahisemo gusubira iwabo i Rwamagana, maze asinyira ikipe ya Rwamagana City amasezerano y’umwaka umwe [2022-2023].

Uyu musore ubwo yari atangiye guhabwa umwanya muri Kiyovu Sports, umukino we wa Mbere yakinnye ni uwa Rayon Sports ahita afata umwanya kuva ubwo.

Mu myaka ibiri ishize, ntabwo uyu musore yagize amahirwe yo kubona umwanya uhoraho wo kubanza mu kibuga, byanamugizeho ingaruka zo gusoza shampiyona adahaze neza.

Ni umusore wafashije Kiyovu Sports mu myaka yari ahamaze

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

Bwiza yateguje igitaramo cyo kwizihiza imyaka ine amaze mu muziki

Bwiza yateguje igitaramo cyo kwizihiza imyaka ine amaze mu muziki, aho kizitabitwa…

Gasabo: Polisi yafashe abateka bakanagurisha kanyanga abaturage

Polisi ikorera mu Murenge wa Ndera n'uwa Rusororo ndetse n'uwa Gikomero yo…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Minisiteri ya Siporo yateye utwatsi ibinyoma by’uko yahagaritse amatora ya FERWAFA

2 Min Read
Imikino

AS Kigali yungutse umutoza mushya

1 Min Read
Imikino

Yanga SC yitegura Rayon Sports yabonye umutoza mushya

2 Min Read
Imikino

Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?