BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Mar 5, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Ferwafa yasinyanye amasezerano n’Ishyirahamwe ryo muri Maroc

Ferwafa yasinyanye amasezerano n’Ishyirahamwe ryo muri Maroc

admin
Last updated: August 10, 2022 2:34 pm
admin
Share
SHARE

Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’Amaguru, Ferwafa, ryemeje ko ryasinyanye amasezeano n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru muri Maroc.

Ferwafa na FRMF basinyanye amasezerano u Rwanda ruzungukiramo

Mu minsi ishize, perezida wa Ferwafa, Nizeyimana Mugabo Olivier, yavuze ko u Rwanda rwasabye Maroc ubufatanye bwo guhugura abasifuzi ku bijyanye no gukoresha ikoranabuhanga ry’amashusho asigaye yifashishwa n’abasifuzi [VAR].

Ibicishije ku mbuga nkoranyambaga zayo, Ferwafa yemeje ko perezida wayo, Nizeyimana Mugabo Olivier, yasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru muri Maroc, FRMF.

Bati “Ejo hashize, perezida Nizeyimana Olivier, yasinyanye amasezerano y’ubufatanye na perezida wa FRMF, Fouzi Lekja. Amasezerano azibanda ku bya tekinike n’mahugurwa ku miyoborere, imikoranire ku marerero no guteza imbere abato n’abagore.”

Bongeyeho bati “Gutegura imikino  ya ku makipe y’Ibihugu y’Ibi bihugu byombi, amahugurwa ku batoza n’abandi bashinzwe ibya tekinike no gutegura ibikorwa bya siporo bitandukanye.”

Ibi biraza byiyongera ku byo Nizeyimana Olivier yari aherutse kubwira itangazamakuru, ko Ferwafa yasabye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Maroc ubufatanye bwo gufasha abasifuzi b’Abanyarwanda mu bijyanye n’amahugurwa.

Nizeyimana Olivier na Fouzi Lekja ubwo bari bamaze gusinya amasezerano

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Koreya ya Ruguru yagerageje misile zo mu bwoko bwa cruise zirasa kure cyane

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un yayoboye umuhango wo kugerageza…

Espagne ntiyumva impamvu yo gutera Iran

Minisitiri w’Intebe wa Espagne, Pedro Sanchez yanenze cyane ibitero Leta Zunze Ubumwe…

Abatishimiye urwego rwa Mituweli bashyizwemo bahumurijwe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubwiteganyirize (RSSB) rurahumuriza abavuga ko bisanze mu rwego rwo kwishyura…

Abagororwa 1874 bemerewe gufungurwa by’agateganyo.  

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Werurwe 2026, iyobowe…

Kigali: Umugabo ucuruza urumogi yafatanywe udupfunyika 1000 twarwo

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU), rikorera mu Mujyi wa Kigali,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?